Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Shampiyona Ya Handball Iratangira, Gicumbi Handball Yiyemeje Kuzacyegukana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Shampiyona Ya Handball Iratangira, Gicumbi Handball Yiyemeje Kuzacyegukana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 February 2023 3:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gicumbi Handball Club ivuga ko igikomeje intego yo kwegukana  igikombe cya Shampiyona kizatangirwa gukinirwa mu mpera za Gashyantare, 2023. Perezida w’iyi kipe Felicien Nizeyimana uherutse gutorwa, avuga ko kuba bari ku mwanya wa mbere mu mwaka ushize,  byabahaye umukoro wo kuwugumaho.

Yabivugiye mu Nteko rusange iherutse kumutora nka Perezida wa Gicumbi Handball Club uyoboye Komite iherutse gutorwa.

Nizeyimana avuga ko igenamigambi( action plan) izagenga Gicumbi Handball Club bayiteguye kandi bagomba kuyigenderaho kugeza ubwo izabageza ku ntsinzi.

Mu bikorwa ateganya gukora, harimo no kuzashaka abana bazasimbura cyangwa bakunganira abo bafite muri iki gihe.

Ati: “ Tugiye gusuzuma mu mashuri ngo turebemo abana bato bashoboye nagereranya na pepinière.”

Felicien Nizeyimana avuga ko bazabanza gushakira abana bashoboye mu gace k’Umujyi wa Byumba.

Bazashakira mu mujyi wa Byumba nyirizina cyangwa mu nkengero zawo.

Mu gukomeza ikipe ye, Perezida wa Gicumbi Felicien Nizeyimana avuga ko we na bagenzi be bagize Komite nyobozi ya Gicumbi Handball Club bagiye gushaka abana bazabafasha gukina ikiciro cy’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko.

Amakuru avuga ko mu mwaka wa 2026 u Rwanda ruzakora irushanwa nyafurika ry’umukino wa Handball ukinwa n’abagabo.

Nizeyimana Felicien yatorewe kuba Perezida wa Gicumbi Handball Club, Ndayambaje Laurent atorerwa umwanya wa Visi Perezida wa mbere, Muhoza Jacques atorerwa kuba Visi Perezida wa kabiri, Kaneza Eric atorerwa umwanya w’Umunyamabanga mukuru (SG), Umunyurwa Ernestine atorerwa kuba umubitsi, Bwana Ngarambe Francois Xavier aba Diregiteri Tekinike.

Abagize Komite yatowe
TAGGED:AbakinnyiAbanaGicumbiHandballKomite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Birababaje Kuba Ikawa Idatunze Bihagije Abayihinga: Minisitiri Dr. Mukeshimana
Next Article Mushikiwabo Yihanganishije Abo Mu Muryango W’Umukozi Wa OIF Watabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ese APR FC Iri Ku Rwego Rwo Gukina N’Amakipe Nka Pyramids FC?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu RwandaPolitiki

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?