Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbukungu

Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 1:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Sudani Y’Epfo Salva Kirr yarashye Banki nkuru ya Sudani Y’Epfo, ikaba ari inyubako igeretse amazu 12.

Kuva Sudani Y’Epfo ibonye ubwigenge mu mwaka wa 2011, ubu nibwo akibona Banki nkuru.

Inyubako iyo nyubako yubatswemo iri ahitwa Jebel hafi aho mu Murwa mukuru, Juba.

Sudani Y’Epfo iri kwizihiza imyaka 13 imaze yigenga nyuma y’Intambara yamaze imyaka irenga 25 ishaka kwiyomora kuri Sudani yahoze iyoborwa na Omar Bashir.

Kirr

Iriya nyubako ya Banki nkuru ya Sudani Y’Epfo yatangiye kubakwa mu mwaka wa 2022.

Ni inyubako izagirira akamaro igihugu kuko izaba ahantu heza ho gucungira ubusugire bw’ifaranga ry’iki gihugu giherutse kwakirwa mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC.

Perezida Kirr yatangaje ko iriya nyubako iri mu bintu by’ingenzi igihugu cye kigezeho kuva cyatangira kwigenga.

Avuga ko iriya Banki izaba yigenga mu mikorere bityo ikazagirira igihugu akamaro mu rwego rwo kuzamura ubukungu.

Salva Kirr yasabye abakozi b’iriya Banki kuzakomeza gukorana na Guverinoma kugira ngo Politiki zayo zigerweho.

Sudani Y’Epfo ni igihugu gifite umutungo kamere mwinshi wiganjemo ibikomoka kuri petelori n’ibindi.

Icyakora ni igihugu cyahuye n’ibibazo by’umutekano muke ushingiye ku bibazo bya Politiki birimo ibyo atumvikanyeho n’uwahoze ari Visi Perezida witwa Riek Machar.

TAGGED:BankifeaturedSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yasuye Ku Mulindi W’Intwari 
Next Article Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?