Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbukungu

Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 1:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Sudani Y’Epfo Salva Kirr yarashye Banki nkuru ya Sudani Y’Epfo, ikaba ari inyubako igeretse amazu 12.

Kuva Sudani Y’Epfo ibonye ubwigenge mu mwaka wa 2011, ubu nibwo akibona Banki nkuru.

Inyubako iyo nyubako yubatswemo iri ahitwa Jebel hafi aho mu Murwa mukuru, Juba.

Sudani Y’Epfo iri kwizihiza imyaka 13 imaze yigenga nyuma y’Intambara yamaze imyaka irenga 25 ishaka kwiyomora kuri Sudani yahoze iyoborwa na Omar Bashir.

Kirr

Iriya nyubako ya Banki nkuru ya Sudani Y’Epfo yatangiye kubakwa mu mwaka wa 2022.

Ni inyubako izagirira akamaro igihugu kuko izaba ahantu heza ho gucungira ubusugire bw’ifaranga ry’iki gihugu giherutse kwakirwa mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC.

Perezida Kirr yatangaje ko iriya nyubako iri mu bintu by’ingenzi igihugu cye kigezeho kuva cyatangira kwigenga.

Avuga ko iriya Banki izaba yigenga mu mikorere bityo ikazagirira igihugu akamaro mu rwego rwo kuzamura ubukungu.

Salva Kirr yasabye abakozi b’iriya Banki kuzakomeza gukorana na Guverinoma kugira ngo Politiki zayo zigerweho.

Sudani Y’Epfo ni igihugu gifite umutungo kamere mwinshi wiganjemo ibikomoka kuri petelori n’ibindi.

Icyakora ni igihugu cyahuye n’ibibazo by’umutekano muke ushingiye ku bibazo bya Politiki birimo ibyo atumvikanyeho n’uwahoze ari Visi Perezida witwa Riek Machar.

TAGGED:BankifeaturedSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yasuye Ku Mulindi W’Intwari 
Next Article Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?