Iminsi irindwi irashize muri Sudani hadutse intambara. Imibare ya OMS ivuga ko abantu 413 bamaze kuyigwamo bivuze ko ku munsi hapfaga abantu ‘bagera’ kuri 59. Abantu...
Abagabo batandatu bahoze ari abayobozi bo hejuru muri FDLR bakatiwe gufungwa imyaka itanu. Ni icyemezo cy’Urukiko rukuru, urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyamburanya imbibi ruri...
Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania. Muri...
Mu murwa mukuru wa Sudani witwa Khartoum hiriwe imirwano hagati y’ingabo n’abarwanyi bitwara gisikare. Hari hashize iminsi hari umwuka w’intambara. Intandaro y’ibi byose ni ikibazo cyakomeje...
Ghana yohereje abasirikare n’abapolisi bagera ku 1000 ku mupaka wayo na Burkina Faso. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko hari umuturage wa Ghana wari usanzwe ukora ku...