Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gatsibo: Amayobera Ku Bana Bato Bari Kuburirwa Irengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Gatsibo: Amayobera Ku Bana Bato Bari Kuburirwa Irengero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2024 12:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Gatsibo hari amakuru yakuye abaturage umutima y’abana babo bafite imyaka itatu. Bivugwa ko batwarwa n’undi mwana w’imyaka nka 13 ariko akaba ataramenyekana ngo avuge aho abajyana.

Kubera ubukana bw’iki kibazo, mu Kagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiramuruzi hagiye kubera inama yaguye ihuza abaturage n’abayobozi kugira ngo baganire kuri iyo ngingo bahanahane amakuru no guhumurizanya.

Umunyamakuru wa Taarifa ukorera mu Burasirazuba avuga ko uwo mukobwa utwara abo bana abakura mu midugudu yegeranye kandi ngo abaturage iyo bamubonaga ari kumwe n’abo bana bakekaga ko ari mwenewabo, ntibabitindeho.

Hari imidugudu ibiri ngo yabuzemo abana barindwi.

Umwana umwe twamenya amazina ni uwitwa Bonnette wo mu Mudugudu wa Akamamesa.

Mu Mudugudu wa Gakunyu habuze abana babiri bari bavuye ku ishuri batashye, mu Mudugudu wa  Nyagashenyi( ni imidugudu iri mu Murenge wa Ndatemwa) naho habura abana bari bavuye ku ishuri.

Mugenzi wacu ukorera muri aka gace avuga ko no mu Murenge wa  Rugarama, ahari Umudugudu wa Bugarama n’aho habuze abana babiri.

Mu Murenge wa Kiramuruzi naho hari abana barindwi babuze.

Kugeza ubu imirenge ivugwamo iki kibazo ni Kiziguro, Rugarama na Kiramuruzi

Taarifa irakomeza kubakurikiranira iyi nkuru cyane cyane ko umunyamakuru wacu ari bwitabire inama ihuza inzego z’umutekano n’abaturage iri bubere mu Kagari ka Ndatemwa.

TAGGED:AbanafeaturedGatsiboImirengeIrengero Umutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuvuno W’u Rwanda Mu Kugabanya Malaria
Next Article Andikisha Indangarubuga Yawe Urinde Izina Ryawe Kuri Murandasi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?