Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bakamanaga itegeko...
Ubuyobozi bwa Kaminuza yitwa Samford University ikorera muri Leta ya Alabama, USA, yasinye amasezerano y’imikoranire n’ishuri rikuru rya Gikirisitu riyoborwa na Rev.Dr. Laurent Mbanda ryitwa East...
Ni ubwo bwa mbere mu myaka irenga 100 Abahinde bageze mu Rwanda, bubatse ingoro y’idini ry’abo ry’Abahindu. Ni ingoro yubatswe mu Karere ka Kicukiro ahitwa i...
Abahinde baba mu Rwanda baraye batashye ingoro ya mbere izasengerwamo na bagenzi babo bo mu idini gakondo ry’Abahindu. N’ubwo idini ry’Abahindu ari ryo gakondo kandi riniganje ...