Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, mu Karere ka Nyagatare habereye umuhango wo kuwizihiza ku rwego rw’u Rwanda. Abanyarwandakazi bavuga ko ikoranabuhanga mu itumanaho ryabafashije kugera...
Umushyikirano w’umwaka wa 2023 ubaye hari hashize imyaka ibiri utaba kubera ibibazo COVID-19 yateje. Waranzwe n’ibintu byinshi ariko bishingiye ku bibazo n’ibitekerezo byatanzwe n’abawitabiriye ku munsi...
Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri...
Abayobozi mu nzego z’imibereho myiza cyane cyane iyifatanye isano ya hafi n’abagore bemeza ko kuba Abanyarwandakazi bakoresha ikoranabuhanga bakiri bake, bibadindiza mu iterambere. Kuba ari bake...
Minisitiri w’ikoranabuhangana na inovasiyo Paula Ingabire avuga ko kugeza ubu Abanyarwanda benshi bafite telefoni zigendanwa kuko bangana na 82% muri bo abangana na 30% bakaba bafite...