Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Taiwan Yahanuye Indege Y’u Bushinwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Taiwan Yahanuye Indege Y’u Bushinwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 August 2022 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari ikinyamakuru cyo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki gihugu cyahanuye mo zimwe.

The Jerusalem Post yanditse ko amakuru ifite avuga ko guhanura iriya ndege byakozwe mu rwego rwo guha gasopo abapiloti b’u Bushinwa ngo badakomeza kuvogereza indege zabo ikirere cya Taiwan.

Ni amakuru The Post y’i Yeruzalemu ivuga ko yatangarijwe mu itangazo rya Minisiteri y’ingabo ya Taiwan.

Icyakora uruhande rw’u Bushinwa ntacyo burabitangaza ho.

#Taiwan scrambles jets as 30 #Chinese fighters cross Taiwan Strait median line.https://t.co/AfzGufR3ip

— The Jerusalem Post (@Jerusalem_Post) August 5, 2022

Ubu ku nkengero za Taiwan hari ingabo nyinshi z’u Bushinwa ndetse hari n’indege z’intambara zigera mu 100 ziri hafi aho.

Muri zo hari izambutse umurongo ugabanya ikirere cya Taiwan n’icy’u Bushinwa, ingabo za Taiwan zirazirasa hagira izihanuka.

Aya makuru ashobora kuza kuba imbarutso y’intambara yeruye.

U Bushinwa Bwahagaritse Amasezerano Menshi Bwari Bufitanye N’Amerika

TAGGED:BushinwafeaturedIndegeTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bushinwa Bwahagaritse Amasezerano Menshi Bwari Bufitanye N’Amerika
Next Article Mu Burundi Hava Magendu Iza Mu Rwanda Iciye i Nyanza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?