Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2025 6:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Donald Trump yavuze ko bitarenze ku Cyumweru Hamas igomba kuba yemeye umugambi aherutse gutangaza ko yateguye ngo amahoro hagati yayo na Israel aboneke.

Nitabikora ngo ‘izakabona’.

Kuri Truth Social yanditse ko Hamas igomba kuba yemeye uwo mugambi bitarenze ku Cyumweru nimugoroba.

Abivuze nyuma y’uko Hamas yo yasabye guhabwa igihe gihagije cyo kuwusuzuma, ikareba niba kuwemera bitabamo guhubuka.

BBC yanditse ko ububanyi n’amahanga bwa Turikiya n’ubw’ibihugu by’Abarabu buri kuganiriza Hamas ngo yemere uwo mugambi wa Hamas.

Hagati aho, Hamas ivuga ko iri kureba uko yakwemera ibyo Amerika iyisaba, gusa ntishaka ko izagaragara nkaho yabitegetswe ku gatuza.

The New York Times yavuganye na Mohammad Nazal uri mu bayobozi ba Hamas ayibwira ko nabo bifuza kuganira no kwemera uriya mushinga.

Ati: “Hamas iri kuganira kuri uyu mushinga ibishishikariye ndetse turaganira n’abandi bo muri Palestine ngo turebe icyo tuzatangaza vuba aha.”

Uko bimeze kose, haracyari ibihato bikibuza ko amahoro hagati ya Israel na Hamas asinywa mu buryo budasubirwaho.

TAGGED:AmerikafeaturedHamasIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza
Next Article Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?