Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yategetse Ko Ingabo Ze Zomeka U Rwanda Kuri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yategetse Ko Ingabo Ze Zomeka U Rwanda Kuri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2024 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Tshisekedi aherutse gutangaza ko ataganira na M23
SHARE

Kuri X hashyizwe amashusho yerekana Perezida Tshisekedi ari kumwe n’abasirikare bakuru barimo n’Umugaba mukuru w’ingabo ze General Tshiwewe bamwereka ikarita y’igihugu cye.

Minisitiri w’ingabo za DRC witwa Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko mu kiganiro kigaragara kuri X, Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru ariko ntibirangirire aho ahubwo bakanatera u Rwanda.

Minisitiri w’ingabo za DRC witwa Muadiamvita ari muri Guverinoma  nshya ya DRC yaraye ishyizweho.

Ubu Minisitiri w’Intebe wa DRC ni umugore witwa Judith Suminwa.

Ubu Minisitiri w’Intebe wa DRC Judith Suminwa

Mu mpera za 2023 Perezida Tshisekedi yabwiye abari baje kumva aho yiyamamarizaga gutegeka  manda ya kabiri ko natorwa hakagira isasu rivugira mu bice M23 ihanganyemo n’ingabo ze, azahita asaba Inteko ishinga amategeko kumwerera gutera u Rwanda.

Icyo gihe yavuze ko bitazamusaba ko ingabo zigera ku butaka bw’u Rwanda, ngo kuko afite intwaro zishobora kurasa i Kigali ziri i Goma.

Mu nama y’Umushyikirano yabaye muri Mutarama uyu mwaka, Perezida Kagame yijeje Abanyarwanda ko umutekano wabo urinzwe.

Igihe kiri imbere nicyo kizerekana niba ibyo Tshisekedi avuga koko aba akomeje.

Son Excellence, le Commandant Suprême des @FARDC_off, Félix Antoine Tshisekedi a donné des orientations sur le déroulement des opérations contre les terroristes de l'armée rwandaise et encourage nos vaillants soldats pour leur victoire à Kanyabayonga jusqu'à l'annexion du Rwanda. pic.twitter.com/Yv3AhEcnQW

— Guy Kabombo Muadiamvita (@Guy_Muadiamvita) June 11, 2024

TAGGED:featuredGuteraRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Y’u Rwanda Iti: HCR Irabeshya!
Next Article Israel Yishe Umuyobozi Wa Hezbollah
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

DRC: Gusimbura Vital Kamerhe Bikomeje Kugorana

Umuhati Polisi Ishyira Mu Kurwanya Ibiyobyabwenge Ugera Kuki?

Rwanda: Ibiza Byishe Abantu 35 Hafi Mu Mezi Abiri

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

You Might Also Like

ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?