Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yatumye Intumwa Ye Kuri Ruto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yatumye Intumwa Ye Kuri Ruto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2024 11:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Tshisekedi yatumye Général John Tshibangu ngo amushyirire ubutumwa mugenzi we wa Kenya William Ruto.

Ubwo butumwa buvuga ko ‘umutekano n’amahoro mu Karere ari ishingiro ry’iterambere buri wese ashaka.

Kenya ya Ruto yakoze uko ishoboye ngo ijye hagati y’abarwanyi ba M 23 n’ingabo za DRC mu rwego rwo kwanga ko intambara yakomeza ariko ntibyarambye.

Ahanini byatewe n’uko ubutegetsi bya DRC butashiraga amakenga ubwa Ruto kuko bwabukekaga guhengamira kuri M 23.

Byabaye imvano yo gusaba ko umunya Kenya wayoboraga abasirikare ba EAC yegura kuri ubu buyobozi agasimbuzwa undi.

Icyakora uwamusimbuye nawe yari umunya Kenya.

Gahunda yaje kuba iy’uko ingabo za EAC zisabwa kuva muri DRC zisumbuzwa iza SADC.

Mu nkuru Taarifa iherutse gutangaza ishingiye kuyasohowe na Africa Intelligence harimo ko Kenya ya Uhuru yari ifitanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu na DRC iza gukomwa mu nkokora na Politiki nshya ya William Ruto wasimbuye Uhuru.

Igihe kiri imbere nicyo kizerekana niba Politiki ya Ruto izahuzwa n’iya Tshisekedi cyane cyane ko nawe aherutse kurahirira indi manda.

TAGGED:featuredIntumwaKenyaRutoTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwamagana: Gushakisha Abarohamye Muri Mugesera Birakomeje
Next Article Rwanda: Hagiye Guterwa Ibiti Miliyoni Hibukwa Abatutsi Bazize Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?