Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yatumye Intumwa Ye Kuri Ruto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yatumye Intumwa Ye Kuri Ruto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2024 11:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Tshisekedi yatumye Général John Tshibangu ngo amushyirire ubutumwa mugenzi we wa Kenya William Ruto.

Ubwo butumwa buvuga ko ‘umutekano n’amahoro mu Karere ari ishingiro ry’iterambere buri wese ashaka.

Kenya ya Ruto yakoze uko ishoboye ngo ijye hagati y’abarwanyi ba M 23 n’ingabo za DRC mu rwego rwo kwanga ko intambara yakomeza ariko ntibyarambye.

Ahanini byatewe n’uko ubutegetsi bya DRC butashiraga amakenga ubwa Ruto kuko bwabukekaga guhengamira kuri M 23.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Byabaye imvano yo gusaba ko umunya Kenya wayoboraga abasirikare ba EAC yegura kuri ubu buyobozi agasimbuzwa undi.

Icyakora uwamusimbuye nawe yari umunya Kenya.

Gahunda yaje kuba iy’uko ingabo za EAC zisabwa kuva muri DRC zisumbuzwa iza SADC.

Mu nkuru Taarifa iherutse gutangaza ishingiye kuyasohowe na Africa Intelligence harimo ko Kenya ya Uhuru yari ifitanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu na DRC iza gukomwa mu nkokora na Politiki nshya ya William Ruto wasimbuye Uhuru.

Igihe kiri imbere nicyo kizerekana niba Politiki ya Ruto izahuzwa n’iya Tshisekedi cyane cyane ko nawe aherutse kurahirira indi manda.

- Advertisement -
TAGGED:featuredIntumwaKenyaRutoTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwamagana: Gushakisha Abarohamye Muri Mugesera Birakomeje
Next Article Rwanda: Hagiye Guterwa Ibiti Miliyoni Hibukwa Abatutsi Bazize Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?