Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turashaka Gufungura Ambasade Muri Hungary- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Turashaka Gufungura Ambasade Muri Hungary- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga mugenzi we uyobora igihugu cya Hungary witwa   Katalin Novák, Perezida Kagame yavuze ko mu gihe gito kiri imbere u Rwanda ruzafungura Ibiro biruhagarariye i Budapest.

Uyu ni Umurwa mukuru wa Hungary.

Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda na Hungary uzakomeza gutera imbere kubera hari n’amasezerano impande zombi zasinye kugira ngo zikorane mu buryo burambye.

Ayo masezerano arimo ni guhugura Abanyarwanda ku byerekeye gutunganya ingufu za kirimbuzi zikoreshwa mu nganda n’ibindi.

Ati: “ Biragaraga ko u Rwanda na Hungary bibanye neza kandi dushaka gukomeza kubiteza imbere.”

Hari kandi n’ubufatanye mu rwego rw’uburezi aho abanyeshuri bagera kuri 40 bize muri Kaminuza zo muri kiriya gihugu.

Perezida Kagame yasezeranyije Katalin Novák kuzasura igihugu cye mu gihe kiri imbere ariko kitarambiranye.

Katalin  avuga ko ari ubwa mbere asuye igihugu cy’Afuruka kandi yabanje gusura u Rwanda ngo arebe icyo gihugu uko cyateye imbere.

Avuga kandi ko ari ubwa mbere Perezida wa Hungary asuye Afurika akabanziriza mu Rwanda kandi ngo  ni intangiriro y’umubano uzakomeza.

Ikindi kandi ni uko kuba yitabiriye iriya nama ivuga ku iterambere ry’umugore ari ikintu cyerekana ko ibihugu byombi bishyigikiye iterambere rye.

Katalin avuga ko abikorera ku giti cyabo bo mu gihugu cye biteguye kuzashora mu Rwanda kandi bikazagira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda.

Yaboneyeho gutumira Perezida Kagame mu Nama mpuzamahanga izabera i Budapest iziga ku bwiyongere bw’abaturage izaba mu mezi make ari imbere.

TAGGED:featuredHungaryIcyicaroKagamePerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Yavuye Mu Bitaro
Next Article Umurambo Wa Sgt Tabaro Wagejejwe I Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?