Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turashaka Gufungura Ambasade Muri Hungary- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Turashaka Gufungura Ambasade Muri Hungary- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga mugenzi we uyobora igihugu cya Hungary witwa   Katalin Novák, Perezida Kagame yavuze ko mu gihe gito kiri imbere u Rwanda ruzafungura Ibiro biruhagarariye i Budapest.

Uyu ni Umurwa mukuru wa Hungary.

Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda na Hungary uzakomeza gutera imbere kubera hari n’amasezerano impande zombi zasinye kugira ngo zikorane mu buryo burambye.

Ayo masezerano arimo ni guhugura Abanyarwanda ku byerekeye gutunganya ingufu za kirimbuzi zikoreshwa mu nganda n’ibindi.

Ati: “ Biragaraga ko u Rwanda na Hungary bibanye neza kandi dushaka gukomeza kubiteza imbere.”

Hari kandi n’ubufatanye mu rwego rw’uburezi aho abanyeshuri bagera kuri 40 bize muri Kaminuza zo muri kiriya gihugu.

Perezida Kagame yasezeranyije Katalin Novák kuzasura igihugu cye mu gihe kiri imbere ariko kitarambiranye.

Katalin  avuga ko ari ubwa mbere asuye igihugu cy’Afuruka kandi yabanje gusura u Rwanda ngo arebe icyo gihugu uko cyateye imbere.

Avuga kandi ko ari ubwa mbere Perezida wa Hungary asuye Afurika akabanziriza mu Rwanda kandi ngo  ni intangiriro y’umubano uzakomeza.

Ikindi kandi ni uko kuba yitabiriye iriya nama ivuga ku iterambere ry’umugore ari ikintu cyerekana ko ibihugu byombi bishyigikiye iterambere rye.

Katalin avuga ko abikorera ku giti cyabo bo mu gihugu cye biteguye kuzashora mu Rwanda kandi bikazagira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda.

Yaboneyeho gutumira Perezida Kagame mu Nama mpuzamahanga izabera i Budapest iziga ku bwiyongere bw’abaturage izaba mu mezi make ari imbere.

TAGGED:featuredHungaryIcyicaroKagamePerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Yavuye Mu Bitaro
Next Article Umurambo Wa Sgt Tabaro Wagejejwe I Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?