Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turikiya- Syria: Abantu 1800 Nibo Babaruwe Ko Bahitanywe N’Umutingito
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Turikiya- Syria: Abantu 1800 Nibo Babaruwe Ko Bahitanywe N’Umutingito

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2023 4:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni wo mutingito ukomeye ubayeho mu mateka y’ikinyejana cya 21 kuva cyatangira. Wabereye mu gice gihuza Syria na Turikiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbera, taliki 06, Gashyantare, 2023.

Uko amasaha yicuma ni ko abatabazi babona imibiri y’abandi bantu bagwiriwe n’inzu mu gihe umutingito ufite ubukana bwa 7.8 wabaga.

Aho ibintu byabereye bibi ni uko nyuma y’amasaha menshi abantu bakeka ko nta wundi mutingito uri bube, batunguwe n’uko habaye undi mutingito wapimwe ku kigero cya 7.5.

Waje usonga abantu bari bakiri mu kababaro ndetse ntiwabuze n’abandi uhitana.

Kugeza ubu kandi hari abandi bantu bakirengeweho n’inkuta zabagwiriye.

Imwe mu mpamvu yatumye abantu bapfa ari benshi ni uko umutingito ungana kuriya wabatunguye baryamye mu gicuku basinziriye.

Ababyeyi bararira ayo kwarika nyuma yo kubona imirambo ya’abana babo bagwiriwe n’inkuta , abandi bavunitse bikomeye.

Abayobozi ba Turikiya na Syria bahangayikishijwe n’uko imibare y’abahitanywe n’uriya mutingito uri bukomeze kuzamuka kandi nyuma y’aho hakazabaho akazi gakomeye ko kubaka imijyi yibasiwe nawo kuko ‘hari iyasenyutse hafi burundu.’

Imodoka zangiritse bikomeye
Imijyi yahindutse amatongo
Aba bagabo bakomeretse cyane
Bizagora kongera gusana iyi mijyi
TAGGED:AbantufeaturedSyriaTurikiyaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Hari Kubakwa Uruganda Rw’Amata Y’Ifu
Next Article Musanze: Abarema Isoko Rya Karwasa Bafite Impungenge Zo Kuzagwa Mu Bwiherero Bwaryo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?