Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turikiya- Syria: Abantu 1800 Nibo Babaruwe Ko Bahitanywe N’Umutingito
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Turikiya- Syria: Abantu 1800 Nibo Babaruwe Ko Bahitanywe N’Umutingito

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2023 4:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni wo mutingito ukomeye ubayeho mu mateka y’ikinyejana cya 21 kuva cyatangira. Wabereye mu gice gihuza Syria na Turikiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbera, taliki 06, Gashyantare, 2023.

Uko amasaha yicuma ni ko abatabazi babona imibiri y’abandi bantu bagwiriwe n’inzu mu gihe umutingito ufite ubukana bwa 7.8 wabaga.

Aho ibintu byabereye bibi ni uko nyuma y’amasaha menshi abantu bakeka ko nta wundi mutingito uri bube, batunguwe n’uko habaye undi mutingito wapimwe ku kigero cya 7.5.

Waje usonga abantu bari bakiri mu kababaro ndetse ntiwabuze n’abandi uhitana.

Kugeza ubu kandi hari abandi bantu bakirengeweho n’inkuta zabagwiriye.

Imwe mu mpamvu yatumye abantu bapfa ari benshi ni uko umutingito ungana kuriya wabatunguye baryamye mu gicuku basinziriye.

Ababyeyi bararira ayo kwarika nyuma yo kubona imirambo ya’abana babo bagwiriwe n’inkuta , abandi bavunitse bikomeye.

Abayobozi ba Turikiya na Syria bahangayikishijwe n’uko imibare y’abahitanywe n’uriya mutingito uri bukomeze kuzamuka kandi nyuma y’aho hakazabaho akazi gakomeye ko kubaka imijyi yibasiwe nawo kuko ‘hari iyasenyutse hafi burundu.’

Imodoka zangiritse bikomeye
Imijyi yahindutse amatongo
Aba bagabo bakomeretse cyane
Bizagora kongera gusana iyi mijyi
TAGGED:AbantufeaturedSyriaTurikiyaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Hari Kubakwa Uruganda Rw’Amata Y’Ifu
Next Article Musanze: Abarema Isoko Rya Karwasa Bafite Impungenge Zo Kuzagwa Mu Bwiherero Bwaryo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?