Umusenateri witwa Mike Waltz wo muri Sena y’Amerika aravuza impanda asaba abayobozi b’isi n’ab’ibihugu bikomeye kwitegura guhangana batajenjetse n’ibitero by’iterabwoba kuko Islamic State iri kwisuganya ngo...
Imibare y’agateganyo yabaguye mu gitero cyagabwe na Islamic State ivuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, bari bamaze kuba 53. Leta ya Syria...
Imibare[ishobora kwiyongera] ivuga ko abantu 9,500 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’umutingito wabaye mu gice gihuza Syria na Turikiya. Wabaye mu rukerera rwo ku wa...
Ni wo mutingito ukomeye ubayeho mu mateka y’ikinyejana cya 21 kuva cyatangira. Wabereye mu gice gihuza Syria na Turikiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbera,...
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima muri Turikiya na Syria ivuga ko abantu bamaze kuberurwa ko bahitanywe n’umutingito waraye ubaye mu gice ibihugu byombi bihuriyeho, bamaze kuba 500....