Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burusiya Bwamaganye Abavuga Ko Bugiye Kurasa Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burusiya Bwamaganye Abavuga Ko Bugiye Kurasa Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 3:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazamakuru rya  Leta y’u Burusiya rivuga ko abavuga ko buri gutegura ibitero karundura kuri Ukraine babeshya. Ubutegetsi bw’i Moscow buvuga ko imvugo iri gutambutswa n’ubutegetsi bw’i Washington nta kindi igamije uretse kuba gashozantambara.

Byatangarijwe mu kinyamakuru kitwa  Kommersant kivuga ko Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya ari yo yemeza ko ubutegetsi bw’i Moscow nta gahunda bufite yo gutera ubutegetsi bw’i Kiev.

The Washington Post yanditse mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ko inzego z’ubutasi z’Amerika zizi neza ko ingabo z’u Burusiya zateguye mu buryo buhagije ibitero byungikanyije bigomba kugabwa kuri Ukraine mu ntangiriro za Mutarama, 2022.

Amakuru avuga ko u Burusiya bwarangije gukusanyiriza ku mupaka wabwo na Ukraine abasirikare 175,000.

Ku rundi ruhande u Burusiya buhakana ibyo Amerika ivuga, bukavuga ko ibyo Amerika iri gukora nta kindi bigamije uretse gushyushya imitwe y’abantu hanyuma ikabyitirira u Burusiya.

Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya Madamu Maria Zakharova yagize ati: “ Amerika ifite umugambi urambuye wo gusiga icyaha u Burusiya ivuga ko bushaka kwigarurira Ukraine.”

Maria Zakharova

Zakharova avuga ko ibyo Amerika iri gukora muri iki gihe ari umwanduranyo.

TAGGED:AmerikaBurusiyafeaturedUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo U Rwanda Rwaciyemo Byarweretse Ko Amahoro Ari Ayo Kurindwa Cyane- Ugirashebuja
Next Article U Rwanda ‘Rwongeye’ Gutwara Igikombe Cya Handball Mu Mukino Waberaga Muri Tanzania
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Gukosoza Amakosa Mu Irangamimerere Biracyari Ikibazo Ku Irangamuntu Koranabuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?