Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na Zimbabwe Mu Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

U Rwanda Na Zimbabwe Mu Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 March 2024 12:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Rwanda hari kubera inama yahuje abashoramari bo mu Rwanda na bagenzi babo bo muri Zimbabwe ngo barebere hamwe uko ubucuruzi hagati ya Kigali na Harare bwakongerwamo imbaraga.

Ni Inama yiswe Rwanda-Zimbabwe Business Forum.

Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, Francis Gatare avuga ko kuva u Rwanda rwatangira gukorana na Zimbabwe, hari byinshi byagezweho kandi ngo hagati aho hari inama zitandukanye zabaye kugira ngo hanozwe iyo mikoranire.

Gatare yavuze ko iyi mikoranire yakomeje gutera imbere mu nzego zirimo ikoranabuhanga, ubuhinzi, guteza imbere ibikorwaremezo, urwego rw’ingufu n’izindi.

Yagize ati: “ Mu bihe bitandukanye i Kigali n’i Harare habereye inama zitandukanye zasinyiwemo byinshi mu mikoranire hagati y’ibihugu byombi mu nzego zirimo ubuhinzi, ikoranabuhanga, urwego rw’ingufu n’izindi. Aho rero niho twashyize ibuye ry’ifatizo mu mikoranire izakomeza mu gihe kiri imbere”.

Francis Gatare avuga ko iyi mikoranire yabaye hagati ya za Guverinoma ndetse no hagati y’abacuruzi ubwabo.

Umuyobozi w’Inama y’ubucuruzi muri Zimbabwe Allan T.Majuru nawe ashima ko ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi buhagaze neza ndetse ko imikiranire yagutse igera no mu rwego rw’uburezi.

Umuyobozi w’Inama y’ubucuruzi muri Zimbabwe Allan T.Majuru

Abarimu bo muri Zimbabwe bahawe ikaze mu Rwanda ngo bigishe Icyongereza.

Byatangiye gushyirwa mu bikorwa nyuma gato y’uko Perezida Paul Kagame abisabye ubuyobozi bwa Zimbabwe mu nama yari yahuje abacuruzi b’ibihugu byombi.

Mu mwaka wa 2019 nibwo u Rwanda na Zimbabwe byatangiye ubutwererane bushingiye kuri za Ambasade.

TAGGED:AmbasadefeaturedGatareIcyongerezaRwandaUbucuruziZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Putin Yatorewe Manda Ya Gatanu
Next Article Ikibazo Cy’Abaforomo N’Ababyaza Bake Kiri Gushakirwa Umuti Urambye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?