Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwahisemo Kuba Igihugu Buri Wese Yakwifuza Gusura- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rwahisemo Kuba Igihugu Buri Wese Yakwifuza Gusura- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2023 7:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida  Paul Kagame avuga ko uko abantu babona u Rwanda rw’ubu bishingiye ku mahitamo rwagize mu myaka iri hafi kuba 30.

Yabivugiye mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku bukerarugendo yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo na Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan.

Mu ijambo yagejeje ku bari aho, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda basanze ari ngombwa ko bubaka igihugu buri wese aza yisangamo kandi agasanga Abanyarwanda bafite agaciro.

Avuga ko Abanyarwanda basanze ubukerarugendo ari imwe mu nkingi zikomeye z’ubukungu bw’igihugu cyabo.

Yagize ati: “ Kubungabunga ibidukikije ni imwe mu ngamba zacu zigamije kurushaho kubaka ejo hahamye. Twishimira ko pariki ya Nyungwe ari umurage w’isi. Dukomeje kandi gushora mu bikorwa remezo no mu bumenyi mu kwakira ibikorwa binini by’imikino nka shampiyona y’imikino ya Basket muri Afurika. Ku rwego rw’isi urwego rw’ubukerarugendo rwarazanzamutse mu buryo bufatika.”

Umukuru w’u Rwanda avuga ko n’ubwo ari uko bimeze, ikiguzi cyo gutembera muri Afurika ndetse no gutembera muri Afurika ubwaho bikiri imbogamizi.

Avuga ko imwe mu ngamba u Rwanda rwafashe ituma abarusura baba benshi ari uko rwashyize imbere ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo guhuza ikirere muri Afurika, gukuriraho Abanyafurika inzitizi ya Viza ndetse n’abandi banyamahanga bihinjira.

Ubukerarugendo mu Rwanda rufite hafi 50% by’umusaruro mbumbe wose w’u Rwanda buri mwaka.

Umuyobozi wa RDB Francis Gatare avuga ko u Rwanda ruzakomeza kwemerera abanyamahanga kwinjira mu Rwanda bafatiye viza mu Rwanda.

Avuga ko u Rwanda rwahaye buri wese wifuza kurusura cyangwa kurubamo amahirwe asesuye yo kubikora.

TAGGED:featuredInamaKagameUbukerarugendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ni Iki Leta Iteganya Mu Gukumira Inkangu Ziyongera Mu Bihe By’Imvura?
Next Article Itangazamakuru Ryugarijwe N’Abashaka Views- Depite Dr. Habineza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?