Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2025 8:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa mbere wa Basketball mu bagabo waraye uyihuje n’iya Ivory Coast yatangiye itsindwa ku manota 78, yo ifite 70.

Muri uyu mukino wari uwa mbere mu itsinda rya mbere (Group A), ikipe y’u Rwanda yari yatangiye ikina neza gusa ntibyatinze ngo bigere ku munota wa nyuma.

Kuva watangira, wari ushyushye amakipe yegeranye mu manota ndetse agace ka mbere karangiye amanota angana, ari 14 ku yandi.

Agace ka kabiri karangiye ari ak’u Rwanda kuko rwari rufite amanota 23 kuri 22.

Aka gatatu katsinzwe na Ivory Coast ku manota 21 kuri 18, n’aho aka kane gatsindwa na Ivory Coast ku manota 21 kuri 15 y’u Rwanda.

Umukinnyi Matt Costello w’ikipe ya Ivory Coast ni we watsinze amanota menshi kuko yatsinze 27, akurikirwa na Ntore Habimana w’u Rwanda we watsinze amanota 21.

U Rwanda ruzongera gukina ku wa Gatanu Tariki 15, Kanama, 2025 saa kumi n’imwe z’umugoroba, iyi mikino ikaba irimo kubera muri Angola.

TAGGED:BasketballfeaturedIkipeRwandaUmukono
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge
Next Article DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?