Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwohereje ‘Indi Batayo’ Muri Centrafrique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

U Rwanda Rwohereje ‘Indi Batayo’ Muri Centrafrique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 August 2021 7:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare b’u Rwanda 750 nibo bazoherezwa muri Centrafrique mu gihe kiri imbere, ariko hari  300 muri aba baherutse koherezwa yo. Bose hamwe bazaba bagize indi batayo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda zoherejwe kugarura amahoro muri kiriya gihugu.

Ubwo buriraga indege kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 babanje guhabwa impanuro zo gukomeza kubaha no gushyira mu bikorwa indangagaciro z’ingabo z’u Rwanda zirimo ubutwari n’ikinyabupfura mu byo zikora byose.

Ziriya mpanuro bazihawe n’Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka Lt Gen Mubarakh Muganga wari wabasanze mu kigo cya gisirikare kiri i Gako mu Bugesera.

Lt Gen Muganga yabanje kubibutsa indangagaciro za RDF

Bariya basirikare boherejwe muri kiriya gihugu bazaba bayobowe na Col Patrick Rugomboka.

Buririye ku kibuga cy’indege cya Kigali bajyanwa n’indege ya RwandAir.

Bazaba bagize Batayo ya gatatu y’abasirikare 750 baherejwe mu butumwa bwiswe United Nations Multidimensional Integrated Stabilisation Mission in Central African Republic (MINUSCA).

Ku kibuga cy’indege, basezeweho na Brig Gen Eugene Nkubito uyobora ingabo mu Mujyi wa Kigali no Burasirazuba zigize icyo bita  1 Division.

Bariya basirikare bamaze kugera i Bangui bakiriwe n’umuyobozi w’ingabo za MINUSCA Force Commander, Lt Gen SADIKI Traoré  ari kumwe n’Umugaba mukuru w’ingabo za Centrafrique witwa Maj Gen Zephlin Mamadou.

Inshingano y’ibanze ya ziriya ngabo z’u Rwanda ni ukurinda umutekano ku muhanda ukoreshwa cyane uhuza Umurwa mukuru Bangui n’umupaka wa Centrafrique na Cameroun.

Muri Centrafrique hariyo batayo eshatu za RDF n’ibitaro ingabo z’u Rwanda zahashinze byo kuzivura no kuvura abandi baturage mu bice zikambitsemo.

Ubwo bari bageze muri Centrafrique
TAGGED:CentrafriquefeaturedIngaboKigaliMugangaRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Virus Ya Delta Yagamburuje Israel ‘Isubizaho’ Kwambara Agapfukamunwa
Next Article Umusirikare Wa Mbere Wa Botswana Yaguye Muri Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?