Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ububiligi Bwagereye u Rwanda Mu Kebo Rwabugereyemo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwagereye u Rwanda Mu Kebo Rwabugereyemo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2025 2:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Maxime Prévot ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Bubiligi
SHARE

Nyuma y’igihe gito u Rwanda ruhaye abadipolomate b’Ububiligi amasaha 48 ngo babe baruviriye ku butaka, nabwo bwavuze ko bugiye kwirukana abadipolomate barwo.

Maxime Prévot ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Bubiligi akaba na Minisitiri w’Intebe wungirije yatangaje ko icyemezo u Rwanda rwafashe kibabaje, kandi kidakwiye bityo ko Ububiligi nabwo budashaka abadipolomate b’u Rwanda k’ubutaka bwabwo.

Yanditse kuri X ati: “ Biragaragara ko iyo hari ibyo tutumvikanye n’u Rwanda, ruhita rwanzura guhagarika umubano aho kugira ngo habeho ibiganiro”.

Belgium regrets the decision of Rwanda to cut off diplomatic relations with Belgium and to declare Belgium’s diplomats persona non grata.

This is disproportionate and shows that when we disagree with Rwanda they prefer not to engage in dialogue.

Belgium will take similar…

— Maxime PREVOT (@prevotmaxime) March 17, 2025

Ubwo rwirukanaga abadipolomate b’Ububiligi, u Rwanda rwatangaje ko Ububiligi bugaragaza gusuzugura Abanyarwanda no kwivanga mu nyungu zarwo.

Nyuma yo kubona ko ari uko u Rwanda rubyanzuye, Ububiligi bwashyize igitutu ku bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ngo bifatire u Rwanda ibihano bireba bamwe mu bantu bakomeye mu ngabo z’u Rwanda n’ahandi.

Abanyaburayi bashinja u Rwanda gutera inkunga mu buryo butaziguye umutwe wa M23 umaze igihe uhanganye n’ubutegetsi bwa DRC.

U Rwanda rurabihakana, rukavuga ahubwo ko Ububiligi bwagize kandi bugifite uruhare mu bibazo by’u Rwanda haba mu kuruteza ibibazo imbere mu gihugu no mu ruhando mpuzamahanga ngo rufatirwe ibihano.

Indi wasoma:

U Rwanda Rwasezereye Abadipolomate Bose B’Ububiligi

TAGGED:featuredInkungaM23RwandaUbubiligiUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwasezereye Abadipolomate Bose B’Ububiligi
Next Article Ubuyapani Na UNICEF Mu Gufasha u Rwanda Guhangana N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Rwanda: Imirasire Igiye Gukoreshwa Mu Kuyungurura Amazi Yo Mu Ngo

Namibia: Inyamaswa ‘Zitabarika’ Zishwe N’Inkongi

Trump Avuga Ko Netanyahu Yemeye Umugambi We Wo Kurangiza Intambara Na Hamas

Visit Rwanda Yageze Muri Basketball Ya Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro: Barashakishwa Kubera Icyaha Bakoreye i Karongi

Ingabo Z’u Rwanda Zavuze Ku Musirikare Wazo Wafatiwe Mu Burundi

Rusizi: Inzu Y’Ubucuruzi Yakongotse Nta Bwishingizi

Kigali: Abarimo Umukobwa Bakurikiranyweho Gucuruza Urumogi

Nduhungirehe Yabwiye UN Ko Igihe Kigeze Afurika Igahagararirwa Mu Kanama Kayo K’Umutekano

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Pyramids FC Yazanye Abakinnyi Bakomeye Bo Gutsinda APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?