Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubuhinde Mu Bya Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubuhinde Mu Bya Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2024 11:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo z’u Rwanda n’iz’Ubuhinde zatangije ubufatanye burimo gusangira imyitozo n’ubufatanye mu by’inganda za gisirikare.

Ubu bufatanye bushingiye ku masezerano mu bufatanye mu bya gisirikare bwasinywe hagati y’u Rwanda n’Ubuhinde mu mwaka wa 2018.

Buvuzwe nyuma y’uko Pologne nayo yijeje u Rwanda ko igihe cyose byaba ngombwa ko irutabara, itazatindiganya kubikora.

Ni ubufatanye mu bya gisirikare hagati ya New Delhi na Kigali

U Rwanda ruvuga ko ntawe ruzanduranyaho kandi ko rushaka ko ibibazo by ‘umutekano muke mu Karere bikwiye gukemurwa n’ibiganiro aho kuba intambara.

Icyakora Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yigeze kuvuga ko u Rwanda rufite ubushobozi bwo kurinda imipaka n’ubusugire bwarwo.

Perezida Kagame yigeze kubwira ingabo ko uziyahura ku Banyarwanda bazamusigarana “yaba ari muzima cyangwa atari muzima”.

TAGGED:featuredIngaboN'ubufatanyeRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuvugizi Wa Guverinoma Ya DRC Yashyizeho Ifoto Y’Ururpfu
Next Article U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?