Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuhinde: Indege Yari Irimo Abantu 242 Yahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuhinde: Indege Yari Irimo Abantu 242 Yahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2025 1:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242.

Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza.

Harimo kandi Umunya Canada, n’abanya Portugal barindwi.

Ikigo kivuga ibyerekeye gutwara indege bishingiye ku makuru atangwa n’iminara kitwa Flightradar24 kivuga ko amakuru ya nyuma y’iriya ndege yakigezeho muri metero 190, ni ukuvuga mu masogonda make ikiva ku butaka.

Ikindi kibi cyabaye ni uko mu gukora impanuka kwayo yagonze inzu ikorerwamo n’abaganga hafi aho.

Yari irimo abantu barenga 200.

Ikirangiza kugwa, hazamutse imyotsi myinshi, ikirere gihinduka umukara.

Abatabazi baracyakusanya imibare y’abo yahitanye no kureba niba ntabagihumeka ngo batabarwe.

Umwami w’Ubwongereza Charles II ari guhabwa amakuru mashya uko abonetse kuri iyi mpanuka n’ubuzima bw’Abongereza bari bayirimo.

Ni ko biri kugenda mo kuri Minisitiri w’Intebe mu Buhinde Narendra Modi.

Ibinyamakuru byo mu Bwongereza biremeza ko imirambo y’abantu 30 ari yo imaze kuboneka, hakaba hagishakishwa abandi bantu.

TAGGED:AbagenziBuhindeBwongerezafeaturedIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Ruracyabangamiwe Na Byinshi Mu Kubona Akazi
Next Article Israel Irateganya Gutera Iran ‘Vuba Aha’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?