Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwatwitse Litiro 100,000 Za Benzène Z’Indege Z’intambara Za Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uburusiya Bwatwitse Litiro 100,000 Za Benzène Z’Indege Z’intambara Za Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma gusenya ibikorwa remezo by’amashanyarazi yacaniraga igice kinini cy’Umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev, indege z’intambara z’u Burusiya zatwitse ibigega byari bihunitse litiro 100,000 bya benzène indege z’intambara z’iki gihugu zari zarizigamiye.

Ingabo z’u Burusiya kandi zivuga ko hari n’ibigega byari bihunitse lisansi na mazutu byari kuzifashisha n’ingabo za Ukraine zasenye.

Intego ngo ni uguca intege ingabo za Ukraine zikemera kumanika amaboko.

Ikibabaje ni uko abasivili bari kubigwamo, abadapfuye bagasigara mu gahinda ko kubura ababo no kubura aho bapfunda imitwe kuko hirya no hino umuriro ari inkekwe.

Ibigega bya benzène byasenywe byari biri ahitwa Smela mu Ntara ya  Tcherkassk.

Abasesengura ibiri kubera muri kiriya gihugu bavuga ko u Burusiya bwatwitse biriya bigega mu rwego rwo guca intege abasirikare ba Ukraine bari kugana mu gice kitwaKherson kimaze iminsi cyarigaruriwe n’abashyigikiye u Burusiya.

Kuri uyu wa Gatandatu kandi abategetsi bo muri ibi bice basabye abaturage baho guhunga vuba na  bwangu.

Birashoboka ko hari igikorwa cya gisirikare gikomeye u Burusiya bushobora kuza kuhakorera kikaba cyahitana n’abasivili b’inzirakarengane.

TAGGED:BurusiyafeaturedIndegeIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo Twamenye Ku Mpamvu Zifungwa Rya IPRC Kigali…
Next Article Rwanda: Amakamyo Yitwa Howo ‘Akomeje’ Guteza Impanuka
2 Comments
  • Travel and tourism says:
    24 October 2022 at 3:22 am

    Today, while I was at work, my cousin stole my iPad and tested to see if it can survive a 30 foot drop, just so she can be a youtube sensation. My iPad is now broken and she has 83 views.
    I know this is entirely off topic but I had to share it with someone!

    Reply
  • trade binary options says:
    24 October 2022 at 3:28 am

    Have you ever earned $765 just within 5 minutes?

    trade binary options

    Reply

Leave a Reply to Travel and tourism Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?