Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubutegetsi Bwa Joe Biden Bwatangiye Kwiyegereza Korea Ya Ruguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubutegetsi Bwa Joe Biden Bwatangiye Kwiyegereza Korea Ya Ruguru

admin
Last updated: 14 March 2021 11:41 am
admin
Share
SHARE

Umwe mu bayobozi bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden bwatangiye kugerageza kuvugisha ubwa Korea ya Ruguru, nubwo urwo ruhande nta gisubizo ruratanga.

Biden uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera muri Mutarama, ahanzwe amaso n’abashaka kureba niba imibanire n’amahanga y’igihugu cye izatandukana n’iya Donald Trump yasimbuye.

Umuyobozi utatangajwe amazina yabwiye CNN ati “Mu kwirinda ko byasakuza cyane, twagerageje kuvugisha guverinoma ya Korea ya Ruguru binyuze mu nzira zitandukanye guhera hagati muri Gashyantare. Kugeza uyu munsi nta gisubizo cya Pyongyang turabona.”

Ni urugendo rwasubukuwe nyuma y’igihe gisaga umwaka nta biganiro biba hagati y’ibihugu byombi, nubwo Amerika yakomeje kubigerageza. Ntabwo bicana uwaka kubera ko Amerika ishinja Korea ya Ruguru iyobowe na Kim Jong-un kwigizwaho intwaro za kirimbuzi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uwo muyobozi yavuze ko Amerika ikomeje gusuzuma politiki yayo ijyanye na Korea ya Ruguru harimo no gusuzuma “uburemere bw’ikibazo Korea ya Ruguru iteye ku baturanyi bayo n’umuryango mpuzamahanga.”

Muri urwo rugendo ngo ubutegetsi bwa Biden bwagerageje kwegera abantu bahoze mu buyobozi barimo n’abo ku bwa Trump, kimwe n’abafatanyabikorwa ba Amerika barimo u Buyapani na Korea y’Epfo.

Ni isuzuma rishobora gusozwa mu byumweru bike biri ibere.

TAGGED:Joe BidenKim Jong-un
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibintu Bitanu Bikomeye Mu Rubanza Rwa Nsabimana Callixte ‘Sankara’
Next Article Abantu 25 Bafashwe Barimo Kunywera Muri Hotel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?