Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubutumwa Bwa CP Kabera Ku Banyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubutumwa Bwa CP Kabera Ku Banyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2022 12:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yasabye Abanyarwanda kuzidagadura mu mpera z’Icyumweru gifite Konji ebyiri ariko bakirinda icyabateza akaga.

Ni ikiruhuko kirekire kubera ko cyatangiye kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Nyakanga, 2022 kikazarangira ku wa Kabiri Taliki 05, Nyakanga, 2022.

Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko n’ubwo ari ikiruhuko kirekire, ariko abantu bagombye kwitwararika ntibazashyire ubuzima bwabo cyangwa ubwa bagenzi babo mu kaga.

Kuri Twitter yanditse ati: “Wikendi ndende iraje! abantu bafite gahunda zitandukanye ndetse n’ibirori bazajyamo ariko mwibuke: kwambara amajire yabugenewe mu gihe mugiye mu biyaga, Kwirinda guta imyanda ahabonetse hose kwirinda gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha. Mwidagadure mutekanye!”

Wikendi ndende iraje! abantu bafite gahunda zitandukanye ndetse n'ibirori bazajyamo ariko mwibuke:
*️⃣ Kwambara amajire yabugenewe mu gihe mugiye mu biyaga
*️⃣ Kwirinda guta imyanda ahabonetse hose
*️⃣ Kwirinda gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha.

Mwidagadure mutekanye!

— CP JB KABERA (@RNPSpokesperson) June 30, 2022

Icyakora biragoye kumva ko Abanyarwanda muri rusange bazageza ku wa Kabiri taliki 05, Nyakanga, 2022 batarishyira mu kaga kubera ko ubusanzwe iyo babonye ikiruhuko hari benshi bashayisha bakanywa bakarenza igipimo.

Niyo mpamvu kubibutsa ko amagara aseseka ntayorwe ari ngombwa.

TAGGED:featuredIkiruhukoKaberaKonjiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera: Hagiye Kubakwa Ishuri Rigezweho Ry’Umukino W’Amagare
Next Article Repubulika Ya Demukarasi Ya Congo Yafatiwe Ibihano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?