Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Buri Kototera Taiwan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Buri Kototera Taiwan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 May 2023 11:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yatangaje ko hari ubwato bunini cyane bw’intambara bwa Leta y’Ubushinwa buri mu mazi buyisatira.

Ubu bwato Abashinwa babwise Shandong. Buri mu mazi ari mu bilometero 300 uvuye ku butaka bwa Perefegitura ya Okinama mu Buyapani kandi ngo buragenda bwototera ikirwa cya Taiwan.

US News ivuga ko ubu bwato buherekejwe n’ubundi bwato bubiri buto.

Iki gikorwa kiri mu bindi bimaze iminsi bikorwa n’Ubushinwa mu rwego rwo kwerekana Amerika n’isi yose ko Taiwan ari ubutaka bwabwo kandi ko ntawe ukwiye kubishidikanyaho.

Mu gihe ubu hari kuvugwa ubwato, mu mezi make havuzwe indege nyinshi z’Ubushiwa zazengurukaga Taiwan ndetse ngo hari n’izarengereye zigera mu kirere cya Taiwan.

Uruzinduko rwa Nancy Pelosi wategekaga Inteko ishinga amategeko y’Amerika rwabereye muri Taiwan mu mwaka wa 2022 nirwo rwazamuye umujinya wa Beijing.

Nancy Pelosi

Abahanga bamwe bavuga ko hari ubwo abantu bazatungurwa no kumva  Ubushinwa bwatangije intambara kuriTaiwan.

Bavuga ko muri iki gihe buri kubaka uburyo bwose bushobora kuzabufasha kwigarurira Taiwan.

Mu busesenguzi bwabo, abo bahanga bavuga ko intambara Ubushinwa buzatangiza kuri Taiwan ishobora kuzaba mu myaka hafi umunani iri imbere.

TAGGED:AmerikaBushinwafeaturedPelosiUbushinwaUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Si Kanyanga Gusa Ibugarije, N’Urumogi Ni Uko
Next Article Kwibuka Imiryango Yazimye: GAERG Ibazaniye Intashyo Z’Urukundo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Na Hamas Ntibiri Buhagararirwe Mu Isinywa Rya Burundu Ry’Amahoro Ya Gaza

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?