Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Buri Kototera Taiwan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Buri Kototera Taiwan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 May 2023 11:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yatangaje ko hari ubwato bunini cyane bw’intambara bwa Leta y’Ubushinwa buri mu mazi buyisatira.

Ubu bwato Abashinwa babwise Shandong. Buri mu mazi ari mu bilometero 300 uvuye ku butaka bwa Perefegitura ya Okinama mu Buyapani kandi ngo buragenda bwototera ikirwa cya Taiwan.

US News ivuga ko ubu bwato buherekejwe n’ubundi bwato bubiri buto.

Iki gikorwa kiri mu bindi bimaze iminsi bikorwa n’Ubushinwa mu rwego rwo kwerekana Amerika n’isi yose ko Taiwan ari ubutaka bwabwo kandi ko ntawe ukwiye kubishidikanyaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu gihe ubu hari kuvugwa ubwato, mu mezi make havuzwe indege nyinshi z’Ubushiwa zazengurukaga Taiwan ndetse ngo hari n’izarengereye zigera mu kirere cya Taiwan.

Uruzinduko rwa Nancy Pelosi wategekaga Inteko ishinga amategeko y’Amerika rwabereye muri Taiwan mu mwaka wa 2022 nirwo rwazamuye umujinya wa Beijing.

Nancy Pelosi

Abahanga bamwe bavuga ko hari ubwo abantu bazatungurwa no kumva  Ubushinwa bwatangije intambara kuriTaiwan.

Bavuga ko muri iki gihe buri kubaka uburyo bwose bushobora kuzabufasha kwigarurira Taiwan.

Mu busesenguzi bwabo, abo bahanga bavuga ko intambara Ubushinwa buzatangiza kuri Taiwan ishobora kuzaba mu myaka hafi umunani iri imbere.

- Advertisement -
TAGGED:AmerikaBushinwafeaturedPelosiUbushinwaUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Si Kanyanga Gusa Ibugarije, N’Urumogi Ni Uko
Next Article Kwibuka Imiryango Yazimye: GAERG Ibazaniye Intashyo Z’Urukundo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?