Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: 13 Baguye Mu Mpanuka Bavuye Mu Bukwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda: 13 Baguye Mu Mpanuka Bavuye Mu Bukwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2025 1:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi mpanuka yahitanye abantu bari bavuye mu bukwe.
SHARE

Abantu bari bavuye mu bukwe gusaba bakoreye impanuka ahitwa Chekwatit, muri Kaserem ku muhanda wa Kapchorwa-Mbale abagera kuri 13 barapfa.

Toyata Hiace bari barimo yataye icyerekezo irenga umuhanda yiburindura inshuro nyinshi.

Yishe bamwe mu bari bari mu modoka ariko ihitana n’abantu bagendaga hafi aho, ikaba impanuka yabaye ku wa Gatandatu ahagana saa tatu z’ijoro.

Umwe mu babibonye yabwiye The Monitor ati: “ Abantu umunani bahise bahasiga ubuzima, naho abandi batanu bapfira kwa muganga ku bitaro byitwa Mbale Regional Referral Hospital”.

Abo imodoka yagwiriye babanje kujyanwa kwa muganga hafi aho, nyuma boherezwa kwa muganga ku bitaro bya Mbale ngo bagobokwe, ariko biranga ubuzima burabacika.

Imodoka yavaga Kapchorwa igana Busia.

Polisi ivuga ko minibus abo bantu barimo bari bayuzuye cyane kandi ko bishoboka ko yari iri ku muvuduko munini.

Umuvugizi wa Polisi ahitwa Sipi witwa Fredmark Chesang yavuze ko hagikorwa iperereza ngo harebwe niba iriya mpanuka itaba yatewe nanone no gucika kwa feri.

Abakoze iyi mpanuka ni abo mu bwoko bw’Abakwala basanzwe batuye ahitwa Magomba muri Busia bari bavuye gusaba umukobwa w’ahitwa Kapchorwa.
Busia ni agace gaherereye mu Burasirazuba bwa Uganda, hagaturana na Kenya.

TAGGED:ImpanukaUbukweUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti
Next Article Kagame Yavuze Uruhare Afurika Ikwiye Kugira Mu Mutekano Wayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Ese Netanyahu Azasinya Inyandiko Ya Amerika Yo Kurangiza Intambara Na Hamas?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?