Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abantu 9 Bapfiriye Mu Muvundo Wo Kurasa Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abantu 9 Bapfiriye Mu Muvundo Wo Kurasa Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 January 2023 11:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru  Kampala.

Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye abari aho ngo basohoke bajye kureba uko baturitsa umwaka, nibwo abantu bakandagiranaga hapfa abangana kuriya barimo n’abana.

Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Murwa mukuru Kampala witwa ASP Luke Owoyesigyire  niwe watangarije uko byagenze ikinyamakuru The Monitor.

Yagize ati: “ Abantu batubwiye ko byabaye saa sita z’ijoro ubwo MC yasabaga abantu bari aho gusohoka ngo bajye kureba uko ibishashi by’uko barasaga umwaka bwaturikaga. Basohokanye umurindi babyiganira mu muryango barakandagirana, nibwo twasangaga hari abapfuye.”

ASP Owoyesigyire yavuze ko hari abandi benshi bakomeretse bajyanywe kwa muganga, abandi bavunitse ingingo.

Imirambo y’abapfuye yajyanywe mu bitaro bya Murago.

I Kigali ho bagiye Kuri Arena abasanga siho byabereye…

Ahitwamu Migina mu Murenge wa Remera mu Mujyi wa Kigali ho haraye habereye ‘kuyoba gukomeye.’

Abaturage barimo n’abana bari bakubise buzuye baje kureba uko umwaka urasirwa kuri Kigali Arena ariko basanga siho byabereye ahubwo ari kuri Kigali Convention Center.

Bikubuye barataha.

Kurasa umwaka ni igikorwa gikorwa hirya no hino ku isi mu rwego rwo kwishimira ko urangiye bawurangije amahoro bityo ko bahaye ikaze umwaka mushya.

TAGGED:ArenaConventionfeaturedKigalKurasaRwandaUgandaUmuvundoUmwaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisanté Yagumishijeho Amasaha Y’Akazi K’Abaganga
Next Article Abasirikare Ba DRC Bashinjwa Guhohotera Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?