Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abantu 9 Bapfiriye Mu Muvundo Wo Kurasa Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abantu 9 Bapfiriye Mu Muvundo Wo Kurasa Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 January 2023 11:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru  Kampala.

Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye abari aho ngo basohoke bajye kureba uko baturitsa umwaka, nibwo abantu bakandagiranaga hapfa abangana kuriya barimo n’abana.

Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Murwa mukuru Kampala witwa ASP Luke Owoyesigyire  niwe watangarije uko byagenze ikinyamakuru The Monitor.

Yagize ati: “ Abantu batubwiye ko byabaye saa sita z’ijoro ubwo MC yasabaga abantu bari aho gusohoka ngo bajye kureba uko ibishashi by’uko barasaga umwaka bwaturikaga. Basohokanye umurindi babyiganira mu muryango barakandagirana, nibwo twasangaga hari abapfuye.”

ASP Owoyesigyire yavuze ko hari abandi benshi bakomeretse bajyanywe kwa muganga, abandi bavunitse ingingo.

Imirambo y’abapfuye yajyanywe mu bitaro bya Murago.

I Kigali ho bagiye Kuri Arena abasanga siho byabereye…

Ahitwamu Migina mu Murenge wa Remera mu Mujyi wa Kigali ho haraye habereye ‘kuyoba gukomeye.’

Abaturage barimo n’abana bari bakubise buzuye baje kureba uko umwaka urasirwa kuri Kigali Arena ariko basanga siho byabereye ahubwo ari kuri Kigali Convention Center.

Bikubuye barataha.

Kurasa umwaka ni igikorwa gikorwa hirya no hino ku isi mu rwego rwo kwishimira ko urangiye bawurangije amahoro bityo ko bahaye ikaze umwaka mushya.

TAGGED:ArenaConventionfeaturedKigalKurasaRwandaUgandaUmuvundoUmwaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisanté Yagumishijeho Amasaha Y’Akazi K’Abaganga
Next Article Abasirikare Ba DRC Bashinjwa Guhohotera Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?