Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abantu Icyenda Bapfiriye Rimwe Bazize Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abantu Icyenda Bapfiriye Rimwe Bazize Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2022 8:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ahagana saa moya z’igice ku isaha y’i Kampala, ku muhanda Mbarara- Masaka muri Uganda habereye impanuka yahitanye abantu icyenda, abandi 12 barakomereka cyane.

Umupolisi witwa ASP  Nampiima yabwiye The Monitor ko muri abo 12 bakomeretse, harimo umwe ubuzima bwe bugerwa ku mashyi.

Polisi ivuga ko iriya mpanuka yatewe n’uko ikamyo yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Actros yavaga i Masaka ijya Mbarara yaturitse ipine, itakaza umurongo nibwo yarenganga umukono wayo igonga Hiace n’indi modoka yo mu bwoko Mark II Grand zo zavaga Mbaraza zigana Masaka.

Abantu icyenda bahise bahasiga ubuzima

Abakomeretse bajyanywe mu bitaro by’ikitegererezo cya Masaka.

ASP Nampiima yihanganishije abatakaje ababo, avuga ko imyirondoro yabo igishakishwa kuko imibiri yabo yangiritse cyane.

Polisi na Croix Rouge bya Uganda biri gukorana ngo harebwe niba hamenyekana imyirondoro y’abazize iriya mpanuka.

Abashoferi bo muri Uganda bazwiho gutwara bihuta cyane kandi akenshi ntibakunze gusuzumusha ubuzima bw’ibinyabiziga byabo mu gihe kidahindagurika.

Umuvuduko ukabije, kudasuzumisha ubuzima bw’ibinyabiziga, imihanda mibi, gutwara ikinyabiziga wanyweye umusemburo…biri mu biteza impanuka zikomeye muri Uganda.

TAGGED:ImpanukaMasakaMbararaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Politiki Ivuguruye Y’Igisirikare Cya DRC Yatangajwe
Next Article Rusizi: Inyama Yanize Umugabo Arapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?