Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abantu Icyenda Bapfiriye Rimwe Bazize Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abantu Icyenda Bapfiriye Rimwe Bazize Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2022 8:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ahagana saa moya z’igice ku isaha y’i Kampala, ku muhanda Mbarara- Masaka muri Uganda habereye impanuka yahitanye abantu icyenda, abandi 12 barakomereka cyane.

Umupolisi witwa ASP  Nampiima yabwiye The Monitor ko muri abo 12 bakomeretse, harimo umwe ubuzima bwe bugerwa ku mashyi.

Polisi ivuga ko iriya mpanuka yatewe n’uko ikamyo yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Actros yavaga i Masaka ijya Mbarara yaturitse ipine, itakaza umurongo nibwo yarenganga umukono wayo igonga Hiace n’indi modoka yo mu bwoko Mark II Grand zo zavaga Mbaraza zigana Masaka.

Abantu icyenda bahise bahasiga ubuzima

Abakomeretse bajyanywe mu bitaro by’ikitegererezo cya Masaka.

ASP Nampiima yihanganishije abatakaje ababo, avuga ko imyirondoro yabo igishakishwa kuko imibiri yabo yangiritse cyane.

Polisi na Croix Rouge bya Uganda biri gukorana ngo harebwe niba hamenyekana imyirondoro y’abazize iriya mpanuka.

Abashoferi bo muri Uganda bazwiho gutwara bihuta cyane kandi akenshi ntibakunze gusuzumusha ubuzima bw’ibinyabiziga byabo mu gihe kidahindagurika.

Umuvuduko ukabije, kudasuzumisha ubuzima bw’ibinyabiziga, imihanda mibi, gutwara ikinyabiziga wanyweye umusemburo…biri mu biteza impanuka zikomeye muri Uganda.

TAGGED:ImpanukaMasakaMbararaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Politiki Ivuguruye Y’Igisirikare Cya DRC Yatangajwe
Next Article Rusizi: Inyama Yanize Umugabo Arapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?