Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Impanuka Ikomeye Yahitanye Abantu 12
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Impanuka Ikomeye Yahitanye Abantu 12

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2025 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Bugiri mu Burasirazuba bwa Uganda habereye impanuka yaguyemo abantu 12, abandi batandatu barakomereka nk’uko Polisi ikorera muri aka gace ibyemeza.

Yabaye ubwo ikamyo yagonga bisi yari itwaye abagenzi, ikaba yabagonze ubwo yangaga kugonga motari wari ushatse guca ku modoka zari imbere ye.

Umuvugizi wa Polisi muri kariya gace witwa Michael Kafayo yavuze ko bisi yakoze iyo mpanuka yari Toyota Hiace Taxi ifite plaque UBQ 772A yavaga i Kampala igongana n’ikamyo ifite plaque KBM175S yari ipakiye.

Umumotari wari uvuye ahitwa Iganga agana ahitwa Tororo yashatse guca kuri tagisi, ariko aza gusakirana n’ikamyo yari ije iturutse muri icyo cyerekezo ishatse kumukatira ngo itamugonga nibwo yagize muzunga hanyuma igice yakururaga bita container kiyivaho gikubita tagisi irangirika cyane.

Abantu batandatu bakomeretse boherejwe mu bitaro bya Bugiri ngo bavurwe.

Ako kanya hari abahise bahasiga ubuzima abandi bagwa kwa muganga.

Polisi ya Uganda itangaza ko mu  mwaka wa 2024 mu gihugu hose habaye impanuka 25,107.

Ziyongereyeho 6.4% ugereranyije n’uko zanganaga mu mwaka wa 2023.

TAGGED:BugiriIkamyoImpanukaPolisiTagisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banyarwanda Ntimuzemera Gupfa Nk’Isazi-Kagame
Next Article Kicukiro: Yanditse Kuri Status Ye Amagambo Akomeretsa Abarokotse Jenoside 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?