Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Urukiko Rwanze Gukuraho Itegeko Rihana Ubutinganyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Urukiko Rwanze Gukuraho Itegeko Rihana Ubutinganyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2024 11:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Uganda rwatangaje ko itegeko ribuza ubutinganyi muri iki gihugu rikomeza kubahirizwa nk’uko ryatowe mu mwaka wa 2023 ariko ruvuga ko abo rireba bemerewe uburenganzira ku buvuzi, ku kugira idini no kugira uburenganzira ku buzima bwite bwa muntu.

Abacamanza batanu bo muri uru rukiko nibo bemeje iby’uko iki cyemezo kigumishwaho.

Bayobowe na Perezida w’uru rukiko wungirije witwa Richard Buteera.

Mu mwaka wa 2023 nibwo hatowe itegeko rihana ubutinganyi muri Uganda ryiswe Anti- Homosexuality Act, 2023.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntiryavuzweho rumwe kuko bamwe mu bayobozi bakuru mu bihugu byo mu Burayi n’Amerika baryamaganye, bavuga ko ribuza abantu kugira uburenganzira bw’ibanze bwa muntu.

Icyakora abaturage ba Uganda muri rusange bararishyigikiye, bavuga ko rije kurinda ko abana babo bahindurwa abatinganyi n’abantu badafite umutima, bakora ibintu kubera ko babibonamo amafaranga.

The Monitor yanditse ko Urukiko rwanzuye ko iby’uko abatinganyi bakumiriwe ku kwivuza, kugira ubuzima bwite bwabo bigengaho no kugira idini ari ibintu bihabanye n’amahame mpuzamahanga agenga uburenganzira bwa muntu bityo ko bikwiye kuvanwa mu itegeko iryo ari ryo ryose muri Uganda.

TAGGED:AbatinganyiAmahameItegekoUgandaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sena Y’u Rwanda Ibaza Guverinoma Icyakuyeho ‘Kandagira Ukarabe’
Next Article Drone Ya Israel Yishe Abongereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?