Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda:Impirimbanyi Y’Uburenganzira Bw’Abatinganyi Yatewe Ibyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda:Impirimbanyi Y’Uburenganzira Bw’Abatinganyi Yatewe Ibyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2024 9:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye.

Yatezwe igico n’abantu bataramenyekana bamutera ibyuma.

Byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo Kabuye yajyaga ku kazi asanga  ategerejwe n’abo bantu nk’uko bivugwa n’ishyirahamwe yashinze.

Kuri X abo muri iri shyirahamwe bavuga ko amerewe nabi, bagasaba abantu kumusengera.

Frank Mugisha usanzwe uharanira uburenganzira bwa muntu babana bafite ibitsina bisa( nawe ni umwe muri bo) yasabye Polisi gukora iperereza ryimbitse kuri uru rugomo.

Ubuzima bwe bwanegekaye

Ntacyo Polisi ya Uganda iratangaza kuri iki gico cyatezwe uyu musore uharanira uburenganzira bwo kwishyira ukizana kw’abaryamana bahuje ibitsina.

Mu mwaka ushize, Uganda yemeje rimwe mu mategeko akakaye ku Isi mu guhashya ubutinganyi.

Iryo tegeko ryateje uburakari mu mpande z’Isi, aho Banki y’Isi yahise ihagarika inkunga nshya yari igenewe Uganda, Amerika nayo yahise ihagarika amaviza ku bategetsi bakuru ba Uganda.

Muri iri tegeko, umuntu wese ufatiwe mu bikorwa by’ubutinganyi ashobora gufungwa ubuzima bwe bwose.

Guterwa ibyuma bwa Steven Kabuye bikozwe nyuma y’uko Amerika ikuye Uganda ku rutonde rw’ibihugu bikorana nayo ubucuruzi binyuze mu masezerano yiswe AGOA.

Mu gihe muri Uganda ari uko bihagaze, mu Burundi ho Perezida Ndayishimiye aherutse kuvuga ko ababana bahuje ibitsina bakwiye gushyirwa muri stade bageterwa amabuye kuko ngo na Bibiliya irabazira.

TAGGED:AbatinganyiBibiliyaBurundiIbyumaItegekoNdayishimiyeUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yeruye Ko Amasasu Ariyo Igiye Gukoresha Mu Kugamburuza Tshisekedi
Next Article Mossad Iti: ‘ Uwagize Uruhare Wese Mu Gitero Kuri Israel Ubwe Yikatiye Urwo Gupfa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?