Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uhuru Kenyattta Yasuye Goma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uhuru Kenyattta Yasuye Goma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2022 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rw’akazi ke k’ubuhuza, Uhuru Kenyatta yaraye ageze  i Goma kureba uko ibintu byifashe.

Muri uyu mujyi kandi niho ingabo z’igihugu akomokamo, Kenya, zikambitse mu gihe zitegura gutangira guhangana n’imitwe yitwaje intwaro imaze igihe ibica bigacika mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mu mpera z’Icyumweru gishize, Uhuru yahuye na Perezida wa DRC Felix Tshisekedi baganira aho ibintu bigeze ngo mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu cye n’icyakorwa ngo byihutishwe.

Umunyamakuru wa RFI uri i Goma avuga ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo Uhuru Kenyattta yagere i Goma.

#RDC🇨🇩 Combats #FARDC–#M23,L'ex-président Uhuru #Kenyatta attendu à #Goma ce mardi 15 novembre 2022.

— Justin KABUMBA (@kabumba_justin) November 15, 2022

Ntiharamenyakana niba hari abandi banyacyubahiro  bari mu buhuza yashinzwe bazanye nawe  muri uriya mujyi.

Hagati aho kuri uyu wa Mbere Taliki 14, Ugushyingo, 2022 amakuru yavugaga ko abarwanyi ba M23 bari kurya isataburenge umujyi wa Goma.

Kuri uyu wa Kabiri byatangajwe ko birukanye FDLR ahantu yari imaranye igihe hitwa Tomgo.

Yari ihamaranye imyaka 18.

🔴 La zone de Tongo qui était contrôlée par les FDLR depuis 18 ans a été capturée par le M23. pic.twitter.com/FFNhbyCyJL

— Kivu News 24 (@kivunews24) November 15, 2022

TAGGED:featuredGomaKenyattaM23Uhuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Iherutse Kugura Intwaro Zibura Uzigeza i Kinshasa
Next Article U Rwanda Rwiyemeje Ko Ibiganiro Biyobowe Na Angola Bizatanga Umusaruro- Prof Nshuti Manasseh
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?