Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ubukungu Bw’u Rwanda Buzaba Buhagaze Mu Myaka Ine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Uko Ubukungu Bw’u Rwanda Buzaba Buhagaze Mu Myaka Ine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2025 5:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda uko ingengo y’imari y’uyu mwaka, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yabamenyesheje uko igenamigambi ry’u Rwanda riteganya ingengo y’imari mu myaka ine iri imbere.

Mu mwaka wa 2028 niho ijanisha ryayo rizagabanuka kuko rizaba ari 7.0% mu gihe indi yose rizaba rirenze iryo.

Murangwa yabwiye Inteko ko 7.1% ari ryo janisha riteganyijwe mu mwaka wa 2025, 7.5% mu mwaka wa 2026, 7.4% mu mwaka wa 2027 na 7.% mu mwaka wa 2028.

Murangwa avuga ko u Rwanda rushaka ko imishinga minini rwihaye irangira.

Muri rusange ingengo y’imari y’uyu mwaka yiyongereyeho 21% ugereranyije n’uko byari biteganyijwe.

Ubu ni Miliyari Frw 7,320 mu gihe iy’umwaka wa 2024 yari Miliyari Frw 5.690.

U Rwanda rurashaka ko ayo mafaranga azakoreshwa mu kurangiza imishinga minini rwihaye irimo kurangiza kubaka ikibuga cy’indege cya Kigali kiri mu Bugesera, hakubakwa n’ibindi bikorwaremezo bigamije kuzamura imibereho myiza y’abaturage.

Ku bijyanye n’uburyo amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/26, amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe n’imishahara azagera kuri Miliyari Frw 4,283.

Amafaranga azakoreshwa mu mishinga n’ ishoramari rya Leta azagera kuri Miliyari Frw 2,749.5.

TAGGED:featuredImariIngengoMinisitiriMurangwaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Irateganya Gutera Iran ‘Vuba Aha’
Next Article Ubuhinde: Abantu 200 Nibo Babaruwe Ko Baguye Mu Ndege 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?