Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Umutekano Urinzwe Nibyo Abanyarwanda Bishimira Kurusha Izindi Serivisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uko Umutekano Urinzwe Nibyo Abanyarwanda Bishimira Kurusha Izindi Serivisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2023 3:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubushakashatsi buherutse gutanganzwa n’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, Rwanda Governance Board, buvuga uko Abanyarwanda bahabwa n’uko bakira serivisi, buvuga ko icyo bishimira kurusha ibindi kugeza ubu ari umutekano.

Inzego z’umutekano ziza ku mwanya wa mbere kuko zifite amanita angana na 93.63%.

Ubwo bushakashatsi babwita RGB, buzwi nka Rwanda Governance Scorecard (RGS).

Bwatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki 31, Ukwakira, 2023.

Ababukora bareba imibereho y’Abanyarwanda mu nzego zitandukanye no mu byiciro bitandukanye.

Ni ubushakashatsi bugamije kugaragaza ishusho y’uko imiyoborere ihagaze mu byiciro umunani bitandukanye.

Indi ngingo igaragara muri ubu bushakashatsi ni ukurwanya ruswa no gukorera mu mucyo bifite ijanisha rya 88.97%, amategeko akubahirizwa kuri 88.89% n’aho uburenganzira n’ubwisanzure bw’abaturage byo bikagira 88.01%.

Imiyoborere abaturage bagizemo uruhare kandi idaheza ifite 84.04%, imitangire ya serivisi n’imiyoborere mu bukungu n’ubucuruzi ikagira amanota 79.98%, imitangire ya serivisi bifite 78.28% no kuzamura imibereho myiza y’abaturage bifite 75.51%.

Mu bijyanye n’ubwisanzure bw’Abanyarwanda mu gutanga ibitekerezo, abaturage babiha  86% mu gihe ubwisanzure bw’itangazamakuru buri kuri 75.43% naho uburyo abanyamakuru bishimira uko bagera ku makuru biri kuri 46%.

Kuba abanyamakuru bagera  ku makuru ku kigero cya 46% hari abavuga ko ari igipimo gito.

Umuyobozi Mukuru wa RGB, Dr Usta Kaitesi yavuze ko hakenewe ingamba zifatika kugira ngo imitangire ya serivisi n’imiyoborere mu nzego zose inozwe.

Ati : “Twahisemko kugira imiyoborere yubahiriza amategeko, irengera abaturage bose nta vangura. Imiyoborere myiza ikwiriye kumvikana nk’igamije guteza imbere imibereho myiza n’ubukungu bw’abaturage.”

Dr. Usta Kaitesi

Dr. Kaitesi avuga ko iyo miyoborere ikwiriye kujyana no kubazwa inshingano buri wese yahawe.

Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye Judith yavuze ko ubu bushakashatsi ari ingenzi cyane kuko bugaragaramo amakuru y’ingenzi ataboneka mu bushakashatsi mpuzamahanga.

Avuga ko ibibuvamo biba igikoresho cy’ingenzi gishimangira imiyoborere ishingiye ku kubazwa inshingano buri wese yahawe.

Ni ishusho kandi y’aho ibintu bigana bityo abafata ibyemezo bakabifata bafite amakuru y’uko abaturage babona ibintu muri rusange.

TAGGED:featuredImiyoborereKayitesiRwandaUbushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IMF Yishimira Uko Ubukungu Bw’U Rwanda Buri Kuzamuka
Next Article Umuyobozi Muri MINECOFIN Uvugwaho Kwitwara Nabi Yirukanywe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?