Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukraine Igiye Kubona Indege Z’Intambara Yifuje Kuva Kera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ukraine Igiye Kubona Indege Z’Intambara Yifuje Kuva Kera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 June 2023 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mpera za Nzeri, 2023 biteganyijwe ko i Kiev hazagera indege za mbere zo mu bwoko bwa F-16. Ni indege z’indwanyi kandi zihuta cyane.

Ikibazo gihari ni uko zatinze none intambara ikaba igeze ahakomeye kandi bitapfa gushoboka ko Ukraine ubwayo isubiza inyuma abasirikare b’Uburusiya .

Time yanditse ko icyemezo cyo guha Ukraine ziriya ndege cyafashwe  mbere gato y’uko Perezida Joe Biden ajya i Hiroshima mu nama ya G7 iheruka.

N’ubwo Ukraine yari yarifuje guhabwa izi ndege kuva intambara yatangira muri Gashyantare, 2022, Abanyamerika babanje kubigendamo gake banga ko zazakoreshwa nabi zikaba zafatirwa ku rugamba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi ni uko abasirikare ba Ukraine nta bumenyi bari bafite mu kuzikoresha bityo bikaba byari bufate  amezi 18 baziga.

Bagombaga kwiga uko  zikora, uko zitwarwa, uko zikoreshwa ku rugamba n’ikoranabuhanga ryazo.

Ikiyongera ho ni uko n’ibibuga by’indege bya Ukraine bitujuje ibisabwa ngo bigweho indege ziremereye kandi zihuta nka F-16.

N’ubwo abaturage ba Ukraine bashobora kwishimira ko ziriya ndege zizabafasha mu guhangana n’Abarusiya, ku rundi ruhande, ni ngombwa kwitega ko intambara izakara.

Ntawamenya icyo i Moscow bari gutegura, ariko nanone uwavuga ko baticaye ubusa ntiyaba abeshye!

- Advertisement -

Ingabo za Putin nazo zigomba kuba hari igikorwa gikomeye ziri gutegura kuzakorera muri iyi ntambara zatangije.

Abongereza baherutse nabo kwemera kuzaha Ukraine ibifaro byo gukoresha mu ntambara yo ku butaka.

Hagati aho amahanga aribaza uko intambara ya Ukraine izarangira kubera ko buri ruhande rugamije kwemeza urundi.

TAGGED:AmerikafeaturedIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Juvénal Marizamunda Yagizwe Minisitiri W’Ingabo
Next Article Gasabo: Isoko Ry’Abari Abazunguzayi Ryakongotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?