Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukraine Igiye Kubona Indege Z’Intambara Yifuje Kuva Kera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ukraine Igiye Kubona Indege Z’Intambara Yifuje Kuva Kera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 June 2023 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mpera za Nzeri, 2023 biteganyijwe ko i Kiev hazagera indege za mbere zo mu bwoko bwa F-16. Ni indege z’indwanyi kandi zihuta cyane.

Ikibazo gihari ni uko zatinze none intambara ikaba igeze ahakomeye kandi bitapfa gushoboka ko Ukraine ubwayo isubiza inyuma abasirikare b’Uburusiya .

Time yanditse ko icyemezo cyo guha Ukraine ziriya ndege cyafashwe  mbere gato y’uko Perezida Joe Biden ajya i Hiroshima mu nama ya G7 iheruka.

N’ubwo Ukraine yari yarifuje guhabwa izi ndege kuva intambara yatangira muri Gashyantare, 2022, Abanyamerika babanje kubigendamo gake banga ko zazakoreshwa nabi zikaba zafatirwa ku rugamba.

Ikindi ni uko abasirikare ba Ukraine nta bumenyi bari bafite mu kuzikoresha bityo bikaba byari bufate  amezi 18 baziga.

Bagombaga kwiga uko  zikora, uko zitwarwa, uko zikoreshwa ku rugamba n’ikoranabuhanga ryazo.

Ikiyongera ho ni uko n’ibibuga by’indege bya Ukraine bitujuje ibisabwa ngo bigweho indege ziremereye kandi zihuta nka F-16.

N’ubwo abaturage ba Ukraine bashobora kwishimira ko ziriya ndege zizabafasha mu guhangana n’Abarusiya, ku rundi ruhande, ni ngombwa kwitega ko intambara izakara.

Ntawamenya icyo i Moscow bari gutegura, ariko nanone uwavuga ko baticaye ubusa ntiyaba abeshye!

Ingabo za Putin nazo zigomba kuba hari igikorwa gikomeye ziri gutegura kuzakorera muri iyi ntambara zatangije.

Abongereza baherutse nabo kwemera kuzaha Ukraine ibifaro byo gukoresha mu ntambara yo ku butaka.

Hagati aho amahanga aribaza uko intambara ya Ukraine izarangira kubera ko buri ruhande rugamije kwemeza urundi.

TAGGED:AmerikafeaturedIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Juvénal Marizamunda Yagizwe Minisitiri W’Ingabo
Next Article Gasabo: Isoko Ry’Abari Abazunguzayi Ryakongotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?