Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano Wa Polisi Yacu Niya Botswana Ushingiye Kuwa Abakuru B’Ibihugu- IGP Munyuza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umubano Wa Polisi Yacu Niya Botswana Ushingiye Kuwa Abakuru B’Ibihugu- IGP Munyuza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2023 3:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza avuga ko umubano Polisi y’u Rwanda ishaka kugirana n’iy’uwa Botswana ushingiye k’ubuyobozi n’umubano by’Abakuru b’ibihugu byombi, Kagame na Masisi.

Hari mu ijambo yavuze ubwo yakiraga itsinda ryaturutse muri Botswana riyobowe n’Umuyobozi w’agateganyo wa Polisiya Botswana witwa Phemelo Ramakorwane uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’Icyumweru.

IGP Munyuza ati: “ : Inama twagiranye n’amasezerano y’ubufatanye twasinye, bishingiye ku bucuti n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi, tugendeye k’ubuyobozi bwa Perezida Paul Kagame na Perezida Mokgweetsi Masisi.”

Avuga ko buriya bufatanye buzungukira impande zombi  binyuze mu gushyiraho uburyo buhamye bwo kuganira no kungurana ubumenyi.

Ni ubumenyi bushingiye ku bintu byinshi birimo guhanahana amakuru y’umutekano hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha birimo n’iby’iterabwoba.

Muri iyo mikoranire, hazibandwa k’uguhana amahugurwa ku bihugu byombi, gusangira ibyo abantu bakora neza no gukomeza kubaka ubushobozi bwa Polisi zombi.

Umuyobozi Mukuru wa Polisi w’agateganyo Phemelo Ramakorwane nawe avuga ko amasezerano y’ubufatanye hagati ya polisi zombi ari ifatiro rizazifasha gukurikirana no guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka bibangamira u Rwanda na Botswana ndetse n’akarere muri rusange.

Polisi y’u Rwanda isanganywe umubano n’iya Namibia, iya Lesotho n’iy’u Butaliyani.

IGP Dan Munyuza: Inama twagiranye n’amasezerano y’ubufatanye twasinye, bishingiye ku bucuti n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi, tugendeye ku buyobozi bwa Perezida Paul Kagame na Perezida Mokgweetsi Masisi. pic.twitter.com/IFtYzGOFDs

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) January 23, 2023

TAGGED:BotswanafeaturedMunyuzaPolisiRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Hagiye Gutangizwa Igitaramo Cyo Kwishimira Ibigwi By’Abagacishijeho
Next Article Yashatse Kwica Ingurube Ayihushije Iramuhitana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?