Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano Wa Polisi Yacu Niya Botswana Ushingiye Kuwa Abakuru B’Ibihugu- IGP Munyuza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umubano Wa Polisi Yacu Niya Botswana Ushingiye Kuwa Abakuru B’Ibihugu- IGP Munyuza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2023 3:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza avuga ko umubano Polisi y’u Rwanda ishaka kugirana n’iy’uwa Botswana ushingiye k’ubuyobozi n’umubano by’Abakuru b’ibihugu byombi, Kagame na Masisi.

Hari mu ijambo yavuze ubwo yakiraga itsinda ryaturutse muri Botswana riyobowe n’Umuyobozi w’agateganyo wa Polisiya Botswana witwa Phemelo Ramakorwane uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’Icyumweru.

IGP Munyuza ati: “ : Inama twagiranye n’amasezerano y’ubufatanye twasinye, bishingiye ku bucuti n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi, tugendeye k’ubuyobozi bwa Perezida Paul Kagame na Perezida Mokgweetsi Masisi.”

Avuga ko buriya bufatanye buzungukira impande zombi  binyuze mu gushyiraho uburyo buhamye bwo kuganira no kungurana ubumenyi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni ubumenyi bushingiye ku bintu byinshi birimo guhanahana amakuru y’umutekano hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha birimo n’iby’iterabwoba.

Muri iyo mikoranire, hazibandwa k’uguhana amahugurwa ku bihugu byombi, gusangira ibyo abantu bakora neza no gukomeza kubaka ubushobozi bwa Polisi zombi.

Umuyobozi Mukuru wa Polisi w’agateganyo Phemelo Ramakorwane nawe avuga ko amasezerano y’ubufatanye hagati ya polisi zombi ari ifatiro rizazifasha gukurikirana no guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka bibangamira u Rwanda na Botswana ndetse n’akarere muri rusange.

Polisi y’u Rwanda isanganywe umubano n’iya Namibia, iya Lesotho n’iy’u Butaliyani.

IGP Dan Munyuza: Inama twagiranye n’amasezerano y’ubufatanye twasinye, bishingiye ku bucuti n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi, tugendeye ku buyobozi bwa Perezida Paul Kagame na Perezida Mokgweetsi Masisi. pic.twitter.com/IFtYzGOFDs

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) January 23, 2023

- Advertisement -
TAGGED:BotswanafeaturedMunyuzaPolisiRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Hagiye Gutangizwa Igitaramo Cyo Kwishimira Ibigwi By’Abagacishijeho
Next Article Yashatse Kwica Ingurube Ayihushije Iramuhitana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?