Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umudepite Yiyahuriye Mu Ngoro Y’Intego Ishinga Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umudepite Yiyahuriye Mu Ngoro Y’Intego Ishinga Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 October 2021 9:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wigeze kuba Perezida W’Inteko Ishinga amategeko wungirije wa  Malawi ariko azaka kuvanwa kuri uyu mwanya yaraye yirashe mu mutwe arapfa.

Yari amaze igihe akurikiranyweho ibyaha birimo gusesagura umutungo wa Leta harimo amafaranga yakoreshaga uko ashatse akiri mu buyobozi bw’Inteko ishinga amategeko ya Malawi mu mwaka wa 2019.

Clement Chiwaya yapfuye afite imyaka 50 y’amavuko.

Polisi yemeje urupfu rw’uriya mugabo ariko yirinda kugira byinshi itangaza.

Umuvugizi wayo wiwa Commissioner James Kadadzera yavuze ko hakiri iperereza rigikorwa kuri kiriya kibazo bityo ko nta byinshi byatangazwa kugeza ubu.

Hari itangazo ryasohotse ku rupfu rw’uriya mugabo rivuga ko yari afite ipfunwe rishingiye ku kazi yakoze ubwo ya Perezida w’Inteko ishinga amategeko.

AFP ivuga ko uriya mugabo yaguze imodoka ihenze  ariko afata amafaranga ya Leta ayishyura abakanishi bamukoreye iriya modoka ubwo yakoraga impanuka imaze amezi atandatu gusa iguzwe.

Ibi ntiyari abyemerewe.

Icyo gihe iriya mpanuka yamusigiye ubumuga bukomeye bwatumye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

Kimwe mu bintu bitaramenyakana ni uburyo yabonye imbunda ndetse akayinjirama mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko.

Hari andi makuru avuga ko uriya mugabo yirasiye mu Biro by’umukozi w’Inteko witwa Fiona Kalembera.

TAGGED:featuredKwiyahuraMalawiPolisiUmudepite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abitwazaga Imihoro N’Imbwa Bakambura Abaturage Muri Kamonyi Bafashwe
Next Article Ubushakashatsi Bwerekanye Uko Coronavirus Zihinduranyije Zinjiye Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?