Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umudepite Yiyahuriye Mu Ngoro Y’Intego Ishinga Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umudepite Yiyahuriye Mu Ngoro Y’Intego Ishinga Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 October 2021 9:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wigeze kuba Perezida W’Inteko Ishinga amategeko wungirije wa  Malawi ariko azaka kuvanwa kuri uyu mwanya yaraye yirashe mu mutwe arapfa.

Yari amaze igihe akurikiranyweho ibyaha birimo gusesagura umutungo wa Leta harimo amafaranga yakoreshaga uko ashatse akiri mu buyobozi bw’Inteko ishinga amategeko ya Malawi mu mwaka wa 2019.

Clement Chiwaya yapfuye afite imyaka 50 y’amavuko.

Polisi yemeje urupfu rw’uriya mugabo ariko yirinda kugira byinshi itangaza.

Umuvugizi wayo wiwa Commissioner James Kadadzera yavuze ko hakiri iperereza rigikorwa kuri kiriya kibazo bityo ko nta byinshi byatangazwa kugeza ubu.

Hari itangazo ryasohotse ku rupfu rw’uriya mugabo rivuga ko yari afite ipfunwe rishingiye ku kazi yakoze ubwo ya Perezida w’Inteko ishinga amategeko.

AFP ivuga ko uriya mugabo yaguze imodoka ihenze  ariko afata amafaranga ya Leta ayishyura abakanishi bamukoreye iriya modoka ubwo yakoraga impanuka imaze amezi atandatu gusa iguzwe.

Ibi ntiyari abyemerewe.

Icyo gihe iriya mpanuka yamusigiye ubumuga bukomeye bwatumye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

Kimwe mu bintu bitaramenyakana ni uburyo yabonye imbunda ndetse akayinjirama mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko.

Hari andi makuru avuga ko uriya mugabo yirasiye mu Biro by’umukozi w’Inteko witwa Fiona Kalembera.

TAGGED:featuredKwiyahuraMalawiPolisiUmudepite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abitwazaga Imihoro N’Imbwa Bakambura Abaturage Muri Kamonyi Bafashwe
Next Article Ubushakashatsi Bwerekanye Uko Coronavirus Zihinduranyije Zinjiye Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?