Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umudepite Yiyahuriye Mu Ngoro Y’Intego Ishinga Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umudepite Yiyahuriye Mu Ngoro Y’Intego Ishinga Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 October 2021 9:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wigeze kuba Perezida W’Inteko Ishinga amategeko wungirije wa  Malawi ariko azaka kuvanwa kuri uyu mwanya yaraye yirashe mu mutwe arapfa.

Yari amaze igihe akurikiranyweho ibyaha birimo gusesagura umutungo wa Leta harimo amafaranga yakoreshaga uko ashatse akiri mu buyobozi bw’Inteko ishinga amategeko ya Malawi mu mwaka wa 2019.

Clement Chiwaya yapfuye afite imyaka 50 y’amavuko.

Polisi yemeje urupfu rw’uriya mugabo ariko yirinda kugira byinshi itangaza.

Umuvugizi wayo wiwa Commissioner James Kadadzera yavuze ko hakiri iperereza rigikorwa kuri kiriya kibazo bityo ko nta byinshi byatangazwa kugeza ubu.

Hari itangazo ryasohotse ku rupfu rw’uriya mugabo rivuga ko yari afite ipfunwe rishingiye ku kazi yakoze ubwo ya Perezida w’Inteko ishinga amategeko.

AFP ivuga ko uriya mugabo yaguze imodoka ihenze  ariko afata amafaranga ya Leta ayishyura abakanishi bamukoreye iriya modoka ubwo yakoraga impanuka imaze amezi atandatu gusa iguzwe.

Ibi ntiyari abyemerewe.

Icyo gihe iriya mpanuka yamusigiye ubumuga bukomeye bwatumye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

Kimwe mu bintu bitaramenyakana ni uburyo yabonye imbunda ndetse akayinjirama mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko.

Hari andi makuru avuga ko uriya mugabo yirasiye mu Biro by’umukozi w’Inteko witwa Fiona Kalembera.

TAGGED:featuredKwiyahuraMalawiPolisiUmudepite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abitwazaga Imihoro N’Imbwa Bakambura Abaturage Muri Kamonyi Bafashwe
Next Article Ubushakashatsi Bwerekanye Uko Coronavirus Zihinduranyije Zinjiye Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?