Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umufana Wa Rayon Yagiye Gushimira Amagaju FC Kuko Yatsinze APR
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umufana Wa Rayon Yagiye Gushimira Amagaju FC Kuko Yatsinze APR

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 January 2025 2:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ndakaza yagiye gushimira Amagaju FC ko yatsinze APR FC.(Ifoto@Kigali Today)
SHARE

Ndakaza Gérard yavuye i Kigali ajya gushimira Amagaju FC kuba yaratsinze APR FC.  Ni umwe mu bafana ba Rayon Sports babyemera kandi bagaharanira ko n’abandi babimenya.

Aherutse kujyana icyapa mu bafana b’Amagaju FC abashimira ko ikipe yabo iherutse gutsinda APR FC, ikipe ihora ihanganya n’iye muri Shampiyona y’igiciro cya mbere mu Rwanda.

Amagaju FC aherutse gutsinda APR FC igitego 1-0, intsinzi yarenze kuba iy’Amagaju ahubwo abafana ba Rayon Sports nabo bayigira iyabo.

Icyapa aherutse gushyira abafana b’Amagaju FC cyari cyanditseho ngo ” Nta kindi nakwitura Amagaju FC(Amagaju FC 1-0 APR FC).”

Umukino Amagaju FC yatsindiye mo APR FC wabereye kuri Stade Huye, hari tariki 12, Mutarama, 2025.

Mu gihe ari uko byagendekeye APR FC, ku rundi ruhande Rayon Sports nayo yatsinzwe na Mukura VS ibitego 2-1 mu mukino wabereye n’ubundi kuri iyo Stade.

TAGGED:AmagajuAPRIkipeUmufana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rufite Amariba 13 Ya Petelori
Next Article Ntawe Uzongera Gupfukamisha Abanyarwanda Uko Yaba Akomeye Kose-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?