Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo Wa Nancy Pelosi Bari Bamwicishije Inyundo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugabo Wa Nancy Pelosi Bari Bamwicishije Inyundo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2022 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Pelosi ni umugabo wa Nancy Pelosi, usanzwe uyobora Inteko ishinga amategeko ya Amerika. Hari umugabo uherutse kwinjira mu rugo rwabo ashaka gukubita Paul Pelosi inyundo mu mutwe ariko Imana ikinga akaboko.
Abapolisi baratabaye basanga uwo mugabo yakubise Paul Pelosi inyundo inshuro ebyiri ariko ntiyapfa, ubu ari kwa muganga.

Abo muri uyu muryango basanzwe batuye muri Leta ya California.

Nancy Pelosi yanditse kuri Twitter ko we n’abana be ndetse n’abuzukuru be bakuwe umutima na kiriya gitero.

Polisi ivuga ko  yasanze uriya mugabo ari kugundagurana na Paul Pelosi ashaka kumwaka inyundo ngo yongere ayimukubite, iramutesha.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Paul Pelosi ngo yakubiswe iriya nyundo inshuro ebyiri, ariko ngo amahirwe ni uko ntayo yakubiswe mu mutwe.

Uwashakaga kumukubita inyundo ngo ni umugabo witwa David Depape w’imyaka 42 y’amavuko

Umwe mu bapolisi bakuru bo mu gace byabereyemo witwa Scott  avuga ko ibyo uriya musore yakoze ari ibintu yari yateguye.

Paul Pelosi

Itangazamakuru ryo muri Amerika rivuga ko uriya mugabo yaje avuga asakuza abaza aho Nancy Pelosi aherereye, nibwo umugabo we Paul Pelosi yazaga kureba uwo ari we baba barafatanye ashaka kumukubita inyundo.

Inkuru y’uko Nancy Pelosi yashakishijwe n’umuntu ngo amwice yageze kuri Perezida Joe Biden ari mu ruzinduko rw’akazi  muri Leta ya Delaware ari n’aho avuka.

- Advertisement -

Wall  Street Journal ivuga ko muri iki gihe abanyapolitiki b’Amerika bugarijwe n’abantu babafitiye urwango ndetse rushobora kuzatuma bamwe bahasiga ubuzima.

TAGGED:AmerikafeaturedInyundoNancyPaulPelosi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwababajwe N’Uko DRC Yirukanye Uruhagarariye
Next Article UN, Angola…Ibihugu Byahagurukiye Ibiri Kubera Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?