Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2021 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
MALI-SECURITY/
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko abasirikare be batazava mu gace ka Sahel vuba. Avuga ko icyabazanye kigihari kandi kigikomeye. Icyo ni uguca intege abarwanyi bari muri Sahel barwanya ibihugu by’aho.

Macron yabwiye bagenzi bayobora ibihugu byo muri Sahel ko  igihugu cye kititeguye gukura ingabo zacyo muri kariya gace.

Abakuru b’ibihugu bigize Sahel bari mu nama iri kubera muri Tchad, Macron we yayitabiriye binyuze mu ikoranabuhanga.

Ibiro bye biherutse gutangaza ko atazitabira iriya nama imbonankubone mu rwego rwo kwirinda kwandura cyangwa kwanduza abandi bakuru b’ibihugu COVID-19.

Mu ijambo yabagejejeho yagize ati: “Mu mezi make ari imbere tugiye kongera ibitero byacu muri Sahel. Nta mugambi wo kuhavana ingabo zacu muri kariya gace.”

Yavuze ko hari abandi basirikare 600 bazongerwa ku bari basanzwe bakorera muri kariya gace.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya
Next Article Sankara Yibaza Uko Rusesabagina Yari Kuba Perezida Atari Umunyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?