Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2021 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
MALI-SECURITY/
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko abasirikare be batazava mu gace ka Sahel vuba. Avuga ko icyabazanye kigihari kandi kigikomeye. Icyo ni uguca intege abarwanyi bari muri Sahel barwanya ibihugu by’aho.

Macron yabwiye bagenzi bayobora ibihugu byo muri Sahel ko  igihugu cye kititeguye gukura ingabo zacyo muri kariya gace.

Abakuru b’ibihugu bigize Sahel bari mu nama iri kubera muri Tchad, Macron we yayitabiriye binyuze mu ikoranabuhanga.

Ibiro bye biherutse gutangaza ko atazitabira iriya nama imbonankubone mu rwego rwo kwirinda kwandura cyangwa kwanduza abandi bakuru b’ibihugu COVID-19.

Mu ijambo yabagejejeho yagize ati: “Mu mezi make ari imbere tugiye kongera ibitero byacu muri Sahel. Nta mugambi wo kuhavana ingabo zacu muri kariya gace.”

Yavuze ko hari abandi basirikare 600 bazongerwa ku bari basanzwe bakorera muri kariya gace.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya
Next Article Sankara Yibaza Uko Rusesabagina Yari Kuba Perezida Atari Umunyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?