Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2021 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
MALI-SECURITY/
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko abasirikare be batazava mu gace ka Sahel vuba. Avuga ko icyabazanye kigihari kandi kigikomeye. Icyo ni uguca intege abarwanyi bari muri Sahel barwanya ibihugu by’aho.

Macron yabwiye bagenzi bayobora ibihugu byo muri Sahel ko  igihugu cye kititeguye gukura ingabo zacyo muri kariya gace.

Abakuru b’ibihugu bigize Sahel bari mu nama iri kubera muri Tchad, Macron we yayitabiriye binyuze mu ikoranabuhanga.

Ibiro bye biherutse gutangaza ko atazitabira iriya nama imbonankubone mu rwego rwo kwirinda kwandura cyangwa kwanduza abandi bakuru b’ibihugu COVID-19.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu ijambo yabagejejeho yagize ati: “Mu mezi make ari imbere tugiye kongera ibitero byacu muri Sahel. Nta mugambi wo kuhavana ingabo zacu muri kariya gace.”

Yavuze ko hari abandi basirikare 600 bazongerwa ku bari basanzwe bakorera muri kariya gace.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya
Next Article Sankara Yibaza Uko Rusesabagina Yari Kuba Perezida Atari Umunyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?