Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugiraneza Yishyuye Kugira Ngo Umurambo Wo Muri 2018 Ushyingurwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugiraneza Yishyuye Kugira Ngo Umurambo Wo Muri 2018 Ushyingurwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2022 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo w’imyaka 43 y’amavuko yaguye kwa muganga mu mwaka wa 2018 azize cancer. Abo mu muryango we babuze amafaranga yo kwishyura ibitaro ngo babahe umurambo, ibitaro birawugwatira kugeza ubwo umugiraneza yishyuye amafaranga ya Kenya(Ksh) 450,000.

Iyi nkuru ni iy’ibyabereye ahitwa Jasho ahitwa Nguumo mu gace ka Makueni.

Samuel Masumba yaguye mu bitaro byitwa Mbagathi Hospital, abo mu muryango we babura amafaranga yo kwishyura ibitaro bitewe n’uko bakennye kandi akaba yaritaweho cyane kubera ko yari arwaye cancer.

Umurambo we wagumye mu buruhukira bw’ibi bitaro buri ahitwa Chiromo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Citizen Digital yanditse ko hari umwe mu bo murango wa nyakwigendera wavuze ko mu myaka ine ishize, bari bafite agahinda kuko batashyinguye umuntu wabo bitewe gusa n’uko bari bakennye.

TAGGED:featuredKenyaUmugiranezaUmurambo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyi Wa Kigali: Amahame Y’Umuryango FPR-Inkotanyi Agiye Kwegerezwa Umuturage
Next Article Ubushita Bw’Inkende Bwageze Mu Baturanyi B’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?