Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzi Alyn Sano Yakize COVID-19, Hari Inama Aha Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzi Alyn Sano Yakize COVID-19, Hari Inama Aha Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2021 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzikazi Alyn Sano yabwiye Taarifa ko yanduye kandi agakira COVID-19. Yasabye abafana be n’Abanyarwanda muri rusange kubaha ingamba zo kuyirwanya. Aherutse gusohora  indirimbo nshya yitwa “Urwo Ngukunda” yagenewe abakundana bitegura kwizihiza umunsi wabo.

Muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID-19, hari benshi bayanduye barayikira abandi irabahitana.

Mu bayanduye harimo n’umuhanzi Alyn Sano.

Yabwiye Taarifa ati: “ Nanjye narwaye Corona.”

Yirinze kugira byinshi abivugaho haba igihe yayirwariye cyangwa igihe yayikiriye ariko agira abantu inama yo kwirinda icyatuma bayandura cyangwa bakayanduzanya.

Ati “Icyo nabwira abantu ni uko bagomba kwirinda icyatuma bayandura, ahubwo bagakurikiza amabwiriza yose kuko iyi ndwara irahari kandi utitwaye neza yaguhitana.”

Yasohoye Indirimbo igenewe ‘Saint Valentin.’

Alyn Sano yakoze iyo yise  ‘Urwo Ngukunda’ avuga ko yayikoreye abitegura umunsi w’abakundana uteganyijwe ku wa 14 Gashyantare, 2021.

Mu kiganiro twagiranye yavuze ko ajya guhimba iriya ndirimbo yashakaga gukora ku marangamutima y’abakundana bitegura umunsi wa ‘Saint Valentin’.

Ati “Iyi ndirimbo ivuga ku mukobwa uba warahiriwe mu rukundo byose bigenda neza k’uburyo yumva ariwe unezerewe ku Isi.”

Iyi ndirimbo nshya ya Alyn Sano yise ‘Urwo Ngukunda’ iri kuri album y’uyu muhanzikazi yagombaga gushyira hanze uyu mwaka ariko bikaba byaramugoye kubera icyorezo cya COVID-19.

Yakize COVID-19, asaba abafana be kubahiriza ingamba zo kuyirinda kuko yica

Indirimbo Nshya ya Sano:

TAGGED:AlynCOVID-19featuredSano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Muhoozi Yamuritse Ikibumbano Ndangamateka Cya Se Museveni
Next Article Umunyamakuru Ukomeye Wa CNN Richard Quest Arasura U Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?