Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2022 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta nduru ivugira ubusa! Uko ni ko Abanyarwanda baciye umugani bashaka kuvuga ko iyo ibintu bivuzwe na benshi akenshi biba byifitemo ukuri. Uko kuri niko kwatumye umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Colombia yaka gatanya n’umukinnyi wo muri FC Barcelone witwa Gerald Piqué nyuma yo kubona ibimenyetso by’uko amuca inyuma.

Ikigo ntaramakuru cyo muri Espagne kitwa EFE nicyo cyasohoye bwa mbere inkuru y’uko ibya Shakira na Piqué byarangiye.

Ibi byamamare byombi byari bimaze imyaka 12 bibana.

EFE yanditse ko  umuhanzikazi Shakira Isabel Mebarak Ripoll ari we wabagejejeho itangazo ry’uko ibye na Piqué kandi ko mbere yo kuritangaza babanje kubyemeranyaho.

Shakira niwe wasabye ko yatandukana na Pique

Iryo tangazo riragira riti: “ Tubabajwe no kumenye isi ko tutakibana nk’umugabo n’umugore. Ariko kubera inyungu z’urubyaro rwacu, ni byiza ko twirinda kugira byinshi tubitangazaho. Tubashimiye ko mwatwumvise.”

Batandukanye bafitanye abana babiri umwe witwa Milan ufite imyaka icyenda y’amavuko na Sasha ufite imyaka itandatu.

Umukinnyi wo muri FC Barcelone witwa Gerald Piqué

Ibyo gutandukana kwabo byari byaratangiye kunugwanugwa mu mwaka wa 2017.

 

TAGGED:FC BarcelonafeaturedPiqueShakiraUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Uko Byari Byifashe Ahabereye Umuganda Ku Rwego Rw’Umujyi Wa Kigali
Next Article Amerika: Kurasira Abantu Mu Kivunge Byongeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?