Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2022 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta nduru ivugira ubusa! Uko ni ko Abanyarwanda baciye umugani bashaka kuvuga ko iyo ibintu bivuzwe na benshi akenshi biba byifitemo ukuri. Uko kuri niko kwatumye umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Colombia yaka gatanya n’umukinnyi wo muri FC Barcelone witwa Gerald Piqué nyuma yo kubona ibimenyetso by’uko amuca inyuma.

Ikigo ntaramakuru cyo muri Espagne kitwa EFE nicyo cyasohoye bwa mbere inkuru y’uko ibya Shakira na Piqué byarangiye.

Ibi byamamare byombi byari bimaze imyaka 12 bibana.

EFE yanditse ko  umuhanzikazi Shakira Isabel Mebarak Ripoll ari we wabagejejeho itangazo ry’uko ibye na Piqué kandi ko mbere yo kuritangaza babanje kubyemeranyaho.

Shakira niwe wasabye ko yatandukana na Pique

Iryo tangazo riragira riti: “ Tubabajwe no kumenye isi ko tutakibana nk’umugabo n’umugore. Ariko kubera inyungu z’urubyaro rwacu, ni byiza ko twirinda kugira byinshi tubitangazaho. Tubashimiye ko mwatwumvise.”

Batandukanye bafitanye abana babiri umwe witwa Milan ufite imyaka icyenda y’amavuko na Sasha ufite imyaka itandatu.

Umukinnyi wo muri FC Barcelone witwa Gerald Piqué

Ibyo gutandukana kwabo byari byaratangiye kunugwanugwa mu mwaka wa 2017.

 

TAGGED:FC BarcelonafeaturedPiqueShakiraUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Uko Byari Byifashe Ahabereye Umuganda Ku Rwego Rw’Umujyi Wa Kigali
Next Article Amerika: Kurasira Abantu Mu Kivunge Byongeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?