Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2022 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta nduru ivugira ubusa! Uko ni ko Abanyarwanda baciye umugani bashaka kuvuga ko iyo ibintu bivuzwe na benshi akenshi biba byifitemo ukuri. Uko kuri niko kwatumye umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Colombia yaka gatanya n’umukinnyi wo muri FC Barcelone witwa Gerald Piqué nyuma yo kubona ibimenyetso by’uko amuca inyuma.

Ikigo ntaramakuru cyo muri Espagne kitwa EFE nicyo cyasohoye bwa mbere inkuru y’uko ibya Shakira na Piqué byarangiye.

Ibi byamamare byombi byari bimaze imyaka 12 bibana.

EFE yanditse ko  umuhanzikazi Shakira Isabel Mebarak Ripoll ari we wabagejejeho itangazo ry’uko ibye na Piqué kandi ko mbere yo kuritangaza babanje kubyemeranyaho.

Shakira niwe wasabye ko yatandukana na Pique

Iryo tangazo riragira riti: “ Tubabajwe no kumenye isi ko tutakibana nk’umugabo n’umugore. Ariko kubera inyungu z’urubyaro rwacu, ni byiza ko twirinda kugira byinshi tubitangazaho. Tubashimiye ko mwatwumvise.”

Batandukanye bafitanye abana babiri umwe witwa Milan ufite imyaka icyenda y’amavuko na Sasha ufite imyaka itandatu.

Umukinnyi wo muri FC Barcelone witwa Gerald Piqué

Ibyo gutandukana kwabo byari byaratangiye kunugwanugwa mu mwaka wa 2017.

 

TAGGED:FC BarcelonafeaturedPiqueShakiraUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Uko Byari Byifashe Ahabereye Umuganda Ku Rwego Rw’Umujyi Wa Kigali
Next Article Amerika: Kurasira Abantu Mu Kivunge Byongeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?