Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umujyi Bozizé Akomokamo Wabohojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umujyi Bozizé Akomokamo Wabohojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2021 3:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Repubulika ya Centrafrique zigaruriye umujyi witwa Bossangoa, uyu ukaba ari wo mujyi François Bozizé akomokamo. Uyu mugabo niwe uvugwaho kuyobora abarwanyi bamaze iminsi bateza umutekano muke muri kiriya gihugu.

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byashimiye ingabo za kiriya gihugu kubera akazi zakoze ko kwigarurira uriya mujyi.

Ku rukuta rwa Facebook rw’iriya Minisiteri hashyizwe amafoto yerekana ingabo za CAR zifotoreza ku mapoto y’amashanyarazi ari muri uriya mujyi zishimira intsinzi.

N’ubwo Leta itangaza ibi ariko nta rundi ruhande rudafite aho rubogamiye rurabitangaza.

Umujyi wa Bossangoa wari waragizwe ibirindiro by’abarwanyi ba Anti Balaka bayobowe na Gen François Bozizé.

Mu Cyumweru gishize hari undi mujyi wigaruriwe n’ingabo za CAR zifatanyije n’ingabo zaje kuzitera ingabo mu bitugu zirimo iz’u Rwanda n’u Burusiya.

TAGGED:BurusiyaCOVID-19CyumwerufeaturedIngabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Bamwe’ Mu Bahoze Bakorera Iperereza ‘Bashobora’ Kumena Ibanga
Next Article Minisitiri W’Imari Wa Tanzania Amaze Iminsi Arembye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?