Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukecuru W’Imyaka 100 Aterura Ibilo 150
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Umukecuru W’Imyaka 100 Aterura Ibilo 150

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2021 5:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Edith Murway-Traina niwe mukecuru wahize abandi ku isi mu guterura ibyuma biremereye nk’uko Guiness World of Records iherutse kubyemeza.

Tariki 8, Kanama, 2021, nibwo Murway-Traina yujuje imyaka 100.

Yigeze kuba umwarimukazi wa muzika no kubyina.

Yatangiye guterura afite imyaka 91 y’amavuko.

Murway-Traina avuga ko akiri muto yakundaga kujya mu nzu bakoreramo imyitozo ngororamubiri akitoza ariko bisanzwe.
Yabwiye ikinyamakuru Men’s Health ko yatangiye kwitoza guterura amaze kubibona ku bagore bamwe aza gutekereza kubigerageza.

Ati: ” Ubwo nabonaga abandi bagore baterura naratekereje nsanga nanjye nabikora. Naragerageje none narabishoboye.”
Ibyo akora byerekanye ko gushaka ari ugushobora.

Ikindi ni uko uriya mubyeyi yemeza ko atigeze anywa inzoga nyinshi akiri muto, akemeza ko biri mu byarinze imitsi ye n’imikaya kwangirika.

Uko yagendaga aterura niko yatsindiraga ibihembo ndetse ngo iwe ibikombe n’imidari byamubanye byinshi.

TAGGED:featuredIbiloUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr Agnes Binagwaho Yageneye Ubutumwa Jeannette Kagame
Next Article Leta Yongeye Kwigomwa Amahoro Ku Bikomoka Kuri Peteroli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?