Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukinnyi Wa APR FC Wari Umaze Igihe Adakina Yasubukuye Imyitozo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umukinnyi Wa APR FC Wari Umaze Igihe Adakina Yasubukuye Imyitozo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2021 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bonheur Mugisha wari umaze ukwezi adakinana na bagenzi be ubu yagarutse mu myitozo. Ni umwe mu bakinnyi ba APR FC bakina hagati kandi ugaragaza ubuhanga.

Yabwiye abandika ku rubuga rwa APR FC ko yishimiye kugaruka gukinana na bagenzi be.

Ati: “Nari maze ukwezi kose kurengaho gato ntagaragara mu kibuga kubera imvune nagize ubwo nakoraga impanuka, ariko nakubwira ko nejejwe no kuba ngarutse ndashimira cyane abayobozi banjye banyitayeho barankurirana ndetse n’abatoza bambaye hafi cyane muri icyo gihe cyose namaze ntakina”

Kiriya kiganiro yagihaye abo mu ikipe akinira nyuma y’umukino APR FC yakinnye  na Marines FC mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona.

Bonheur Mugisha yavunitse ubwo yakoraga impanuka ataha avuye mu mukino ikipe ye yari imaze gukina na  Etoile Sportive du Sahel mu mikino ya CAF Champions League.

TAGGED:APRfeaturedIkipeUmukinnyiUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bufaransa Burashinjwa Gukingira Ikibaba Abishe Khashoggi
Next Article Guverinoma Ya Congo-Kinshasa Yamaganye Ibivugwa Kuri Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?