Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Nkundineza Yasabiwe Gufungwa Imyaka 10
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyamakuru Nkundineza Yasabiwe Gufungwa Imyaka 10

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2024 2:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Jean Paul Nkundineza gufungwa imyaka icumi akazanatanga ihazabu ya miliyoni Frw 5. Bumurega gukwirakwiza ibihuha no guhohotera utanga amakuru ku byaha.

Ubwo yaburanaga ku bujurire ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu Ugushyingo, 2023 Nkundineza yavuze ko ibyo yavuze kuri Miss Jolly Mutesi bikamuviramo ibyaha byatumye ubu ari mu rukiko yabitewe n’amarangamutima.

Yavuze ko yemera ko ibyo yavuze bidakwiye ariko ko yari akwiye guhanwa n’Urwego rwigenzura rw’abanyamakuru aho kujyanwa mu nkiko.

Ikindi cyavugiwe muri iryo buranisha ni uko Miss Jolly Mutesi ari we ubwe witangiye ikirego kandi ngo si ubwa mbere amureze.

Umwunganira icyo gihe yavuze ko umukiliya we adakwiye gufungwa by’agateganyo ahubwo yagombye kuburana ari hanze.

Umushinjacyaha we icyo gihe yareruye avuga ko uwo yaregaga agomba gufungwa kuko ari umunyabyaha, iyi mvugo ikaba yaramaganywe n’umwunganira kuko icyo gihe Jean Paul Nkundineza atari yahamwe n’ibyo aregwa.

TAGGED:featuredIbyahaNkundineza. Mutesi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakiriye Abayobozi Ba BAL
Next Article Abanya Lebanon Bazakorera Mu Rwanda Imurikabikorwa Rinini Ku Buhinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?