Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamerika Ukomoka Mu Buhinde Yatorewe Kuyobora Banki Y’Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umunyamerika Ukomoka Mu Buhinde Yatorewe Kuyobora Banki Y’Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Ajay Banga akaba ari we waraye utorewe kuyobora Banki y’Isi. Banga yigeze kuyobora Ikigo Mastercard.

Inteko nyobozi ba Banki y’Isi niyo yemeje ko Ajay Banga aba Perezida wa Banki y’isi muri manda y’imyaka itanu.

Banga yari aherutse gutangwaho umukandida na Perezida Biden.

Asimbuye bwana David Malpass, akazatangira imirimo ye taliki 02, Kamena, 2023.

Aje kuyobora iyi Banki mu gihe isi iri mu bibazo by’ubukungu, hakiyongeraho ko u Bushinwa n’ibihugu byifatanyije nabwo bushaka gushyiraho irindi faranga ryajya rivunjwamo andi aho kugira ngo idolari y’Amerika ryiharire isoko.

Mbere y’uko atorwa, abagize inteko nyobozi ya Banki y’Isi bamaze amasaha ane bamuhata ibibazo ngo bereba niba afite mu mutwe hatekereza vuba kandi hashobora kubona ibisubizo ku bibazo byugarije isi.

Uwari uhagarariye u Burusiya muri aya matora yarifashe yanga gutora Ajay Banga.

TAGGED:AmadolariAmerikaBankiIsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amadovize Ava Mu Bukerarugendo Yiyongereyeho 171%- RDB
Next Article Sudani Y’Epfo: Polisi Y’u Rwanda Yahaye Abana Baba Mu Nkambi Ibikoresho By’Ishuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?