Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamerika Ukomoka Mu Buhinde Yatorewe Kuyobora Banki Y’Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umunyamerika Ukomoka Mu Buhinde Yatorewe Kuyobora Banki Y’Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Ajay Banga akaba ari we waraye utorewe kuyobora Banki y’Isi. Banga yigeze kuyobora Ikigo Mastercard.

Inteko nyobozi ba Banki y’Isi niyo yemeje ko Ajay Banga aba Perezida wa Banki y’isi muri manda y’imyaka itanu.

Banga yari aherutse gutangwaho umukandida na Perezida Biden.

Asimbuye bwana David Malpass, akazatangira imirimo ye taliki 02, Kamena, 2023.

Aje kuyobora iyi Banki mu gihe isi iri mu bibazo by’ubukungu, hakiyongeraho ko u Bushinwa n’ibihugu byifatanyije nabwo bushaka gushyiraho irindi faranga ryajya rivunjwamo andi aho kugira ngo idolari y’Amerika ryiharire isoko.

Mbere y’uko atorwa, abagize inteko nyobozi ya Banki y’Isi bamaze amasaha ane bamuhata ibibazo ngo bereba niba afite mu mutwe hatekereza vuba kandi hashobora kubona ibisubizo ku bibazo byugarije isi.

Uwari uhagarariye u Burusiya muri aya matora yarifashe yanga gutora Ajay Banga.

TAGGED:AmadolariAmerikaBankiIsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amadovize Ava Mu Bukerarugendo Yiyongereyeho 171%- RDB
Next Article Sudani Y’Epfo: Polisi Y’u Rwanda Yahaye Abana Baba Mu Nkambi Ibikoresho By’Ishuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?